Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Bwongereza Bwashimiye Uwari Ushinzwe Itsinda Ryateguye CHOGM 2022
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Bwongereza Bwashimiye Uwari Ushinzwe Itsinda Ryateguye CHOGM 2022

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 08 July 2022 5:05 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’u Bwongereza mu Rwanda Amb Omar Daair yagejeje impano kuri Madamu Clementine Mukeka usanzwe ari Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga mu Rwanda amushimira uko itsinda rigari ry’abantu bateguye kandi bagakurikirana uko ishyirwa mu bikorwa rya CHOGM ryagenze.

Clementine Mukeka niwe wari ukuriye task force yakurikiranaga uko imyiteguro ya CHOGM 2022 yabereye mu Rwanda yagenze.

Iriya nama y’Abakuru b’ibihugu n’Abakuru ba za Guverinoma yabereye i Kigali yagenze neza k’uburyo hari bamwe bavuze ko nta yindi babonye yari iteguye neza kuyirusha.

CHOGM took a huge amount of work. One person who did lots of it (especially for the 🇬🇧 team) was awesome PS @MukekaClem!

As a token of our appreciation I presented her a copy of the Platinum Jubilee Cookbook 👑

Thanks Clementine for your support to UK – #Rwanda relations 🤝🏽 pic.twitter.com/kqgcmNXPgS

— Omar Daair (@omardaair) July 8, 2022

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kuri Twitter, Ambasaderi Daair yagize ati: “CHOGM yasabye imbaraga nyinshi.Umuntu umwe wakoze byinshi muri ibi byose cyane cyane mu gushyira ku murongo itsinda ryayiteguye Umunyamabanga uhoraho muri Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’u Rwanda Madamu Mukeka Clem”

Daair yagejeje kuri Clementine Mukeka igitabo kitwa Platinum Jubilee Cookbook mu rwego rwo kumushimira ko yabyitwayemo neza kandi bigatuma iriya nama igera ku ntego zayo.

Ijambo ry’ibanze ryanditswe n’igikomangoma Charles n’umugore we Camilla
TAGGED:AmbasaderiCHOGMfeaturedMukekaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tshisekedi Yatumije Inama Y’Abaminisitiri ‘Idasanzwe’
Next Article Nzongera Niyamamaze No Mu Yindi Myaka 20 Iri Imbere-Perezida Kagame
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanyamahanga Biga Muri Harvard Bareze Leta Ya Trump

Uko I&M Bank Rwanda Yungutse Mu Mezi Atatu Ashize

Martin Ngoga Yabaye Ambasaderi W’u Rwanda Muri UN

Igihangange Manny Pacquiao Agiye Kugaruka Mu Iteramakofe

Abatuye Umujyi Wa Kigali Bari Mu Bibasiwe Na Malaria

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

Nyagatare: Haravugwa Kotsa Burushete Z’Imbwa 

BNR Mu Ngamba Zo Kurushaho Guteza Imbere Ikoranabuhanga Mu Kwishyurana

Cardinal Kambanda Yatunguwe No Kumva Ko Kwa Yezu Nyirimpuhwe Hafunzwe

Uwahoze Muri RDF Akurikiranyweho Ibyaha Byo Mu Mabuye y’Agaciro

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

Intambara Y’Amagambo Hagati Ya Israel N’Ubwongereza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kabila Yambuwe Ubudahangarwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

RIB Yafunze Abanyamahanga Batatu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Gasabo: Hafashwe Abanigaga Abantu Bakabambura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?