Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na Congo Brazzaville Basinye Amasezerano Yo Gukorana Mu Nzego Zirimo N’Ubukorikori
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Na Congo Brazzaville Basinye Amasezerano Yo Gukorana Mu Nzego Zirimo N’Ubukorikori

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 April 2022 4:58 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ya nyuma ya saa sita ku isaha y’i Kigali, Perezida Kagame na mugenzi we uyobora Congo Brazzaville Denis Sassou Nguesso bayoboye Umuhango wo gusinya amasezerano y’ubufatanye hagati ya Kigali na Brazzaville.

Ni amasezerano azafasha mu mikoranire hagati y’ibihugu byombi mu nzego zirimo ubuhinzi, iterambere ry’ibikorwa remezo, guteza imbere ingando nto n’iziciriritse, ubukorikori, ubucuruzi n’inganda, ubucukuzi bwa mini ni petelori, uburezi n’uburere mboneragihugu.

Perezida Kagame ari kumwe na mugenzi Denis Sassou Nguesso

Amatsinda y’abayobozi ku mpande zombi yasinyiye ariya masezerano mu Biro by’Umukuru wa Congo Brazzaville.

Perezida Kagame ararangiza urugendo yari afite muri Congo Brazzaville kuri uyu wa Kabiri taliki 12, Mata, 2022 .

Kuri uyu wa Gatata azakomereza urugendo rwe rw’akazi muri Jamaica nk’uko Minisiteri y’ububanyi n’amahanga muri kiriya gihugu yabitangaje.

Kuri uyu wa Mbere yari yahaye ikiganiro abagize Inteko ishinga amategeko ya Congo Brazzaville ndetse n’abagize Guverinoma ya kiriya gihugu.

President Kagame and President Sassou Nguesso preside over the signing of bilateral agreements in sectors of economic partnership, mining, SMEs and handcrafts, culture and arts. pic.twitter.com/sTFyid9p3O

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) April 12, 2022

TAGGED:AmasezeranoBrazzavilleCongofeaturedRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Itsinda Wenge Musica Ryagarutse
Next Article Mwitegure Ubuhamya Bukomeye Bw’Abarokotse Jenoside Badashaka Gusaza Batavuze- Perezida Wa IBUKA Muri Remera
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Gatsibo: Babwiye PM Nsengiyumva Ibyiza Byo Gutura Ku Mudugudu

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

‎Gasabo: Bafatanywe Ibilo 31 By’Urumogi Byavaga i Kirehe Bijya i Muhanga

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Minisitiri W’Intebe Yasuye Icyanya Cy’Inganda Cya Musanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

P.M Nsengiyumva Asaba Urubyiruko Kudata Umwanya Mu Biciriritse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?