Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na DRC Baganiriye ‘Ibyerekeye Amabuye Y’Agaciro’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Rwanda Na DRC Baganiriye ‘Ibyerekeye Amabuye Y’Agaciro’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2021 4:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo Bwana Vincent Karega yabwiye Taarifa ko yahuye n’Umujyanama wa Perezida Tshisekedi ushinzwe ibyerekeye ishoramari bavuga uko ibihugu byombi bakorana mu bucuruzi, ubuhinzi n’iby’amabuye y’agaciro.

U Rwanda rufitanye umubano mwiza na DRC kuva Felix Tshisekedi yagera ku butegetsi asimbuye Joseph Kabila

Vincent Karega avuga ko we na  J. C. Kabongo baganiriye uko ibihugu byombi byashyira mu bikorwa amasezerano y’ubufatanye mu ngeri nyinshi.

Yatubwiye ati: “Naganiriye na mugenzi wanjye ibyerekeye  gushyira mu bikorwa amasezerano n’ imishinga y’ ubufanye  hagati y’ ibihugu byombi mu nzego zitandukanye: harimo ubuhinzi, ikorana-buhanga, amabuye y’ agaciro, ibikorwa remezo, urwego rw’imari n’ibindi.”

Umubano mwiza w’u Rwanda na DRC kandi uherutse kugaragarira mu ruzinduko itsinda ry’u Rwanda ryari riyobowe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta ryagiyeyo rigahura na Perezida Tshisekedi.

Bamwe mu bari barigize harimo Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura hamwe n’Umuyobozi w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe iperereza Major General Joseph Nzababwita.

TAGGED:featuredKaregaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Iratutumba Hagati Ya Ethiopia Na Sudan
Next Article Joe Biden Yatangiye Gushyira Igitutu Ku Bushinwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

Uganda: Batangiye Kwitegura Guhangana Na Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?