Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na DRC Baganiriye ‘Ibyerekeye Amabuye Y’Agaciro’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Rwanda Na DRC Baganiriye ‘Ibyerekeye Amabuye Y’Agaciro’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2021 4:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo Bwana Vincent Karega yabwiye Taarifa ko yahuye n’Umujyanama wa Perezida Tshisekedi ushinzwe ibyerekeye ishoramari bavuga uko ibihugu byombi bakorana mu bucuruzi, ubuhinzi n’iby’amabuye y’agaciro.

U Rwanda rufitanye umubano mwiza na DRC kuva Felix Tshisekedi yagera ku butegetsi asimbuye Joseph Kabila

Vincent Karega avuga ko we na  J. C. Kabongo baganiriye uko ibihugu byombi byashyira mu bikorwa amasezerano y’ubufatanye mu ngeri nyinshi.

Yatubwiye ati: “Naganiriye na mugenzi wanjye ibyerekeye  gushyira mu bikorwa amasezerano n’ imishinga y’ ubufanye  hagati y’ ibihugu byombi mu nzego zitandukanye: harimo ubuhinzi, ikorana-buhanga, amabuye y’ agaciro, ibikorwa remezo, urwego rw’imari n’ibindi.”

Umubano mwiza w’u Rwanda na DRC kandi uherutse kugaragarira mu ruzinduko itsinda ry’u Rwanda ryari riyobowe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta ryagiyeyo rigahura na Perezida Tshisekedi.

Bamwe mu bari barigize harimo Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura hamwe n’Umuyobozi w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe iperereza Major General Joseph Nzababwita.

TAGGED:featuredKaregaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Iratutumba Hagati Ya Ethiopia Na Sudan
Next Article Joe Biden Yatangiye Gushyira Igitutu Ku Bushinwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

You Might Also Like

Mu mahangaPolitiki

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?