Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na DRC Baganiriye ‘Ibyerekeye Amabuye Y’Agaciro’
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

U Rwanda Na DRC Baganiriye ‘Ibyerekeye Amabuye Y’Agaciro’

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 February 2021 4:14 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ambasaderi w’u Rwanda muri Repubulika ya Demukarasi ya Kongo Bwana Vincent Karega yabwiye Taarifa ko yahuye n’Umujyanama wa Perezida Tshisekedi ushinzwe ibyerekeye ishoramari bavuga uko ibihugu byombi bakorana mu bucuruzi, ubuhinzi n’iby’amabuye y’agaciro.

U Rwanda rufitanye umubano mwiza na DRC kuva Felix Tshisekedi yagera ku butegetsi asimbuye Joseph Kabila

Vincent Karega avuga ko we na  J. C. Kabongo baganiriye uko ibihugu byombi byashyira mu bikorwa amasezerano y’ubufatanye mu ngeri nyinshi.

Yatubwiye ati: “Naganiriye na mugenzi wanjye ibyerekeye  gushyira mu bikorwa amasezerano n’ imishinga y’ ubufanye  hagati y’ ibihugu byombi mu nzego zitandukanye: harimo ubuhinzi, ikorana-buhanga, amabuye y’ agaciro, ibikorwa remezo, urwego rw’imari n’ibindi.”

Umubano mwiza w’u Rwanda na DRC kandi uherutse kugaragarira mu ruzinduko itsinda ry’u Rwanda ryari riyobowe na Minisitiri w’ububanyi n’amahanga Dr Vincent Biruta ryagiyeyo rigahura na Perezida Tshisekedi.

Bamwe mu bari barigize harimo Umugaba mukuru w’Ingabo z’u Rwanda General Jean Bosco Kazura hamwe n’Umuyobozi w’Urwego rw’u Rwanda rushinzwe iperereza Major General Joseph Nzababwita.

TAGGED:featuredKaregaRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Intambara Iratutumba Hagati Ya Ethiopia Na Sudan
Next Article Joe Biden Yatangiye Gushyira Igitutu Ku Bushinwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

You Might Also Like

Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?