Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Na Mozambique Mu Gusubiza Mu Buzima Busanzwe Abahoze Ari Abarwanyi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Na Mozambique Mu Gusubiza Mu Buzima Busanzwe Abahoze Ari Abarwanyi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 June 2023 2:08 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Gen Juvénal Marizamunda yagiye muri Mozambique ahagarariye Perezida Paul Kagame mu gikorwa cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi bo mu mutwe wa RENAMO.

Yari ari kumwe na Brig Gen Patrick Karuretwa ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda.

Gen Marizamunda yari ahagarariye Perezida Kagame muri uyu muhango

RENAMO ni umutwa wa Politiki ariko ufite n’ishami rya gisirikare.

Abarwanyi bawo ndetse n’abarwanashyaka bawo bamaze igihe barwanya ishyaka riri ku butegetsi rya FROLIMO, bakavuga ko ryamunzwe na ruswa.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Abafatiwe ku rugamba bakigishwa, nyuma y’igihe runaka bakagashyirwa mu buzima busanzwe.

TAGGED:AbarwanyifeaturedFROLIMOKagameKarurerwaMarizamundaRENAMO
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Tanzania: Sano Rutatika Ari ‘Kwiyerekana’ Mu Ikipe Ihagarariye u Rwanda
Next Article Igitutu Gitumye Umujyi wa Kigali Ukorera Kigali Péle Stadium Umuganda Rusange
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Perezida Wa Guinea Conakry Yaraye Yakiriwe N’Abaturage Be Baba Mu Rwanda

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?