U Rwanda Na Mozambique Mu Gusubiza Mu Buzima Busanzwe Abahoze Ari Abarwanyi

Minisitiri w’ingabo z’u Rwanda Gen Juvénal Marizamunda yagiye muri Mozambique ahagarariye Perezida Paul Kagame mu gikorwa cyo gusubiza mu buzima busanzwe abahoze ari abarwanyi bo mu mutwe wa RENAMO.

Yari ari kumwe na Brig Gen Patrick Karuretwa ushinzwe ububanyi n’amahanga muri Minisiteri y’ingabo z’u Rwanda.

Gen Marizamunda yari ahagarariye Perezida Kagame muri uyu muhango

RENAMO ni umutwa wa Politiki ariko ufite n’ishami rya gisirikare.

Abarwanyi bawo ndetse n’abarwanashyaka bawo bamaze igihe barwanya ishyaka riri ku butegetsi rya FROLIMO, bakavuga ko ryamunzwe na ruswa.

Abafatiwe ku rugamba bakigishwa, nyuma y’igihe runaka bakagashyirwa mu buzima busanzwe.

Share This Article
Tanga igitekerezo

Leave a Reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

Exit mobile version