Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rugiye Gushinga Ishuri Ry’Abashoferi B’Umwuga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ishuri Ry’Abashoferi B’Umwuga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 February 2023 6:59 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Guverinoma y’u Rwanda ibicishije muri Minisiteri y’ibikorwaremezo yatangaje ko igiye gushinga ishuri ry’abashoferi b’umwuga. Ni mu rwego rwo gukarishya ubumenyi mu gutwara ibinyabiziga no kugabanya impanuka zikunze guterwa n’amakamyo.

Umwaka wa 2022 wabaye impanuka nyinshi zatewe n’amakamyo cyane cyane ayo bita Howo.

Zimwe mu mpamvu zatanzwe n’ababikurikiraniye hafi, zari uko hari abazitwarana ubuswa, abandi bakazitwarana umunaniro cyangwa se ubuziranenge bwazo bukaba bukaba budaheruka gusuzumwa.

Impamvu yagarutsweho na benshi ni umunaniro kubera ko b’abashoferi ubwabo barabyemeza.

Bamwe muri bo babwiye RBA ko mu ngamba Letta ifata ngo igabanye izo mpanuka, hagomba no kongerwa ubumenyi bw’abashoferi biga gutwara amakamyo.

Minisitiri w’ibikorwa remezo, Dr. Erenst  Nsabimana yatangaje ko hari itsinda ryashyizweho ngo ryige ibibazo byose izi modoka zifite.

Na Polisi yigeze kubera Abasenateri ko hari itsinda riri kureba mu buryo burambuye impamvu zikomeye zitera impanuka zikorwa n’amakamyo aremereye cyane cyane aya Howo.

Dr. Nsabimana yatangaje ko u Rwanda ruteganya gushyirwaho ishuri ryigisha abashoferi uko batwara ziriya modoka mu buryo bw’umwuga.

Polisi y’u Rwanda ivuga ko mu minsi yashize  nibura buri munsi impanuka zo mu muhanda zahitanaga abantu babiri.

Byagaragaye cyane cyane mu mpera z’umwaka wa 2022.

Iyo mibare yaje kugabanuka uko iminsi yicumaga.

TAGGED:AmakamyofeaturedImpanukaIshuriMinisiteriNsabimanaPolisi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkotanyi Zabarokoye Mufitanye Isanomuzi- Min Bizimana Abwira Abo Muri AERG
Next Article Amabuye Y’Agaciro Y’u Rwanda Akomeje Kurwinjiriza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ufite Inkomoko Mu Rwanda Agiye Guhatanira Kuba Miss Uganda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?