Amakamyo 20 yari amaze iminsi ategeje kwemererwa kuva mu Misiri ngo ashyire imfashanyo abahunze Palestine yatangiye kugera yo. Ni igikorwa kizacungwa n’Umuryango w’Abibumbye wita ku mpunzi....
Amezi abaye abiri imodoka ziganjemo amakamyo zarananiwe kuva mu byondo byazifatiye mu muhanda uhuza Gina na Pimbo muri Teritwari ya Djugu mu Ntara ya Ituri. Imvura...
Umuvugizi mushya wa Polisi y’u Rwanda Assistant Commissioner of Police (ACP) Boniface Rutikanga aherutse kubwira Taarifa ko mu gihe agiye kumara ari Umuvugizi w’uru rwego, azubakira...
Ubuzima bwo mu Burundi burakomeye kubera impamvu zitandukanye ariko ikomeye kurusha izindi ni ubukungu bwifashe nabi cyane. Bwifashe nabi k’uburyo abahanga mu by’ubukungu bavuga ko igihugu...
Umuyobozi w’ishami rya Polisi y’u Rwanda rishinzwe umutekano wo mu muhanda ACP Gerald Mpayimana yaraye abwiye abatwara amakamyo ko nibatirwararika ngo bayatware neza kandi baruhuke bihagije,...