Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rugiye Kubaka Umudugudu W’Ikorabuhanga Wa Miliyari $2
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rugiye Kubaka Umudugudu W’Ikorabuhanga Wa Miliyari $2

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 September 2024 11:08 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu Karere ka Gasabo  hagiye kubakwa umudugudu uzahangirwamo iby’ikoranabuhanga witswe Kigali Innovation City.

Ni umushinga mugari kandi wihariye muri Afurika uzatuma u Rwanda ruhinduka igicumbi cy’abahanga mu guhanga udushya mu ikoranabuhanga ry’amoko yose.

Uyu mushinga ufite ingengo y’imari ya Miliyari $ 2.

Minisitiri w’ikoranabuhanga na Inovasiyo Ingabire Paula avuga ko igitekerezo cyo kuzubaka uyu mudugudu cyatangiye mu myaka 10 ishize.

Avuga uko uyu mushinga uzaba wuzuye, bizaha Abanyarwanda n’abaturage ba Afurika muri rusange ahantu ho kwicara bagakora imishinga ibateza imbere.

Uyu mudugudu uzubakwa ku buso bwa hegitari 61, ukazaha akazi abantu 50,000.

Ku rundi ruhande, hari abanyeshuri 2,600 bari kwiga hirya no hino ku isi bazaza kuba abakozi mu  bigo bitandukanye bizubakwa muri uyu Mudugudu wagereranya na Silicon Valley yo muri California, USA.’

Muri Silicon niho ibigo nka Google, Meta, Microsoft n’ibindi bikorera ikoranabuhanga muri Amerika biherereye.

Ibigo bizakorera muri uriya Mudugudu bizakora imishinga itandukanye mu mibare, ikoranabuhanga rikoresha mudasobwa, ikoranabuhanga mu bucuruzi, ubwenge buhangano no mu bindi bice bya gihanga.

U Rwanda kandi ruteganya kuzajya rwungukira  Miliyoni $150 mu mishinga ruzafasha amahanga kugeraho binyuze mu bizakorerwa muri uriya mudugudu.

Hari na  Miliyoni $300 rwitegura kuzakura mu mafaranga azarushorwamo mu rwego rwo kuzamura iyo mishinga mu ikoranabuhanga.

Rusanganywe n’ibindi bigo bihanga udushya mu ikoranabuhanga nka Norresken Africa ikorera mu Mujyi wa Kigali rwagati.

TAGGED:featuredIkorabuhangaInovasiyoRwandaUmudugudu
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Masisi: M23 Iri Kwesura Na Wazalendo N’Abandi Bayifasha
Next Article Minisitiri W’Intebe Asaba Abashoramari Kongera Ishoramari Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Abanyarwanda Barashukwa Bagaca Mu Bushinwa Bagera Ahandi Bakisanga Mu Buretwa-Amb Kimonyo 

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Trump Yahaye Hamas Igihe ‘Ntarengwa’ Ngo Yemere Umugambi W’Amahoro Yateguye

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?