Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rukomeje Kwiyama DRC Irushotora
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rukomeje Kwiyama DRC Irushotora

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2023 6:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byasohoye ‘irindi’ tangazo ryiyama ubutegetsi bwa Repubulika ya Demukarasi ya Congo ribusaba guhagarika ubushotoranyo bwayo.

u Rwanda rukomeje kwiyama DRC kubera ubushotoranyi bwayo

Ni nyuma y’uko indi ndege y’intambara ya Repubulika ya Demukarasi ya Congo yambutse ikirere cyayo ikaza mu cy’u Rwanda, ibintu byabaye ku mugoroba wo kuri uyu wa Kabiri taliki 24, Mutarama, 2023.

Umwe mu baturage batuye i Rubavu  wabibonye avuga ko iriya ndege yinjiye mu kirere cy’u Rwanda, ingabo zarwo ziyirasa amasasu menshi irakata isubirayo.

Avuga ko ingabo z’u Rwanda zarashe iriye ndege ibisasu bigera kuri bine, kandi ngo byikurikiranye kugera igeze i Goma.

Nyuma haje kugaragara amafoto yayo yaka umuriro ku gice cy’inyuma ariko yamaze kugwa ku kibuga bigaragara ko ari icyo muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo.

Indege yakoze ibi ni iyuo mu bwoko bwa Sukhoi-25 ikaba yarageze mu kirere cy’u Rwanda saa 5:03.

Bivugwa ko yari yamaze kwinjira igeze mu kirere cy’u Rwanda ahegera Serena Hotel, ishami rya Rubavu.

Indi nkuru bijyanye…

U Rwanda Ruhangayikishijwe N’Uko Ntacyo UN Ivuga Ku Bushotoranyi Bwa DRC

TAGGED:DRCfeaturedIndegeIngaboRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article FERWAFA Yatangije Iperereza Ku Ihohoterwa Ryakorewe Umusifuzi Mukansanga
Next Article Uyobora IMF Yageze Mu Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?