Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurarimbanyije Mu Myiteguro Yo Kwakira Urukingo Rwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rurarimbanyije Mu Myiteguro Yo Kwakira Urukingo Rwa COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2021 4:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta gihe kinini gishize Perezida Paul Kagame atangaje ko u Rwanda ruzaba mu bihugu bya mbere by’Afurika bizabona urukingo rwa COVID-19.

Kuva icyo gihe ndetse na mbere y’aho gato, inzego z’ubuzima zari zaratangiye kwitegura kuzarwakira ndetse na Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yigeze kuvuga ko hari imashini zo kubika ziriya nkingo zageze mu Rwanda.

N’ubwo imibare y’abandura COVID-19 n’abo ihitana izamuka, ntibyaciye intege inzego z’ubuzima ahubwo zirarimbanyije mu kwitegura kwakira, kubika neza no gutanga urukingo rwa COVID-19 igihe cyose ruzaba rwageze mu Rwanda.

Ubu mu Rwanda hari imashini zikonjesha ziriya nkingo, zifite ubushobozi bwo kuzikonjesha ku gipimo cya-80°C.

Ikizere cy’uko u Rwanda ruzabona ziriye nkingo gishingiye ku masezerano y’ubufatanye bw’amahanga mu guha ibihugu bigitera imbere ruriya rukingo  yiswe  Covax.

Hari umwe mu bakozi bakuru muri RBC wavuze ko urukingo ruzaba rwageze mu Rwanda bitarenze Werurwe, 2021.

Bigomba kurindwa kugira ngo bidashya
U Rwanda ruriteguye
Ni imashini zihenze
Ni umutungo w’ingirakamaro ku buzima bw’abantu
TAGGED:COVID-19featuredImashiniKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabire Immaculee, A.Marie Niwemwiza, Miss Jolly… Hari Icyo Bavuga Kuri Bridal Shower
Next Article Ibyavuye Mu Matora Byashyize Museveni Ku Mwanya Wa Mbere ‘By’Agateganyo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayobozi Baranengwa Kutitabira Inteko Z’Abaturage

FDLR Yarwanye Na Mai Mai

Imitangire Ya Serivisi Ntiranoga- RGB

Umusaruro Mbumbe W’ u Rwanda Wazamutseho 11.8% Mu Gihembwe Cya Gatatu

Uko Ikibazo Cya Feri Za Spiro Giteye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Yemeje Urwego Rwemerewe Kwita Ku Mbuto

Guinée-Bissau: Inshuti Y’Uwahoze Ari Perezida Yafatiwe Mu Ndege Afite Ivarisi Yuzuye Amafaranga

M23 Yemeye Kuva Muri Uvira Ariko Igira Ibyo Isaba…

Uburundi Buvuga Ko Nibiba Ngombwa Buzarwana N’u Rwanda 

Venezuela Ivuga Ko Trump Nta Kindi Ayishakaho Kitari Petelori

You Might Also Like

Ubukungu

Umuvuno Wa Leta Wo Guca Amapfa Muri Kayonza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Trump Yeruye Arega BBC Ngo Imwishyure Miliyari $10

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Ruhango: Bakurikiranyweho Kwica Urubozo Uwo Bafitanye Isano

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abanyarwanda Babiri Baguye Mu Mpanuka Yabereye Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?