Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurarimbanyije Mu Myiteguro Yo Kwakira Urukingo Rwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rurarimbanyije Mu Myiteguro Yo Kwakira Urukingo Rwa COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2021 4:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta gihe kinini gishize Perezida Paul Kagame atangaje ko u Rwanda ruzaba mu bihugu bya mbere by’Afurika bizabona urukingo rwa COVID-19.

Kuva icyo gihe ndetse na mbere y’aho gato, inzego z’ubuzima zari zaratangiye kwitegura kuzarwakira ndetse na Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yigeze kuvuga ko hari imashini zo kubika ziriya nkingo zageze mu Rwanda.

N’ubwo imibare y’abandura COVID-19 n’abo ihitana izamuka, ntibyaciye intege inzego z’ubuzima ahubwo zirarimbanyije mu kwitegura kwakira, kubika neza no gutanga urukingo rwa COVID-19 igihe cyose ruzaba rwageze mu Rwanda.

Ubu mu Rwanda hari imashini zikonjesha ziriya nkingo, zifite ubushobozi bwo kuzikonjesha ku gipimo cya-80°C.

Ikizere cy’uko u Rwanda ruzabona ziriye nkingo gishingiye ku masezerano y’ubufatanye bw’amahanga mu guha ibihugu bigitera imbere ruriya rukingo  yiswe  Covax.

Hari umwe mu bakozi bakuru muri RBC wavuze ko urukingo ruzaba rwageze mu Rwanda bitarenze Werurwe, 2021.

Bigomba kurindwa kugira ngo bidashya
U Rwanda ruriteguye
Ni imashini zihenze
Ni umutungo w’ingirakamaro ku buzima bw’abantu
TAGGED:COVID-19featuredImashiniKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabire Immaculee, A.Marie Niwemwiza, Miss Jolly… Hari Icyo Bavuga Kuri Bridal Shower
Next Article Ibyavuye Mu Matora Byashyize Museveni Ku Mwanya Wa Mbere ‘By’Agateganyo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Mu Mashuri Abanza Abakobwa Batsinze Kurusha Abahungu-NESA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageUbuzima

Hakozwe Umuti Wa Malaria W’Impinja

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu Rwanda

REMA Yatangaje Igihe Cyo Gusuzumisha Ibyuka Byo Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?