Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurarimbanyije Mu Myiteguro Yo Kwakira Urukingo Rwa COVID-19
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rurarimbanyije Mu Myiteguro Yo Kwakira Urukingo Rwa COVID-19

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 15 January 2021 4:56 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Nta gihe kinini gishize Perezida Paul Kagame atangaje ko u Rwanda ruzaba mu bihugu bya mbere by’Afurika bizabona urukingo rwa COVID-19.

Kuva icyo gihe ndetse na mbere y’aho gato, inzego z’ubuzima zari zaratangiye kwitegura kuzarwakira ndetse na Minisitiri w’ubuzima Dr Daniel Ngamije yigeze kuvuga ko hari imashini zo kubika ziriya nkingo zageze mu Rwanda.

N’ubwo imibare y’abandura COVID-19 n’abo ihitana izamuka, ntibyaciye intege inzego z’ubuzima ahubwo zirarimbanyije mu kwitegura kwakira, kubika neza no gutanga urukingo rwa COVID-19 igihe cyose ruzaba rwageze mu Rwanda.

Ubu mu Rwanda hari imashini zikonjesha ziriya nkingo, zifite ubushobozi bwo kuzikonjesha ku gipimo cya-80°C.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ikizere cy’uko u Rwanda ruzabona ziriye nkingo gishingiye ku masezerano y’ubufatanye bw’amahanga mu guha ibihugu bigitera imbere ruriya rukingo  yiswe  Covax.

Hari umwe mu bakozi bakuru muri RBC wavuze ko urukingo ruzaba rwageze mu Rwanda bitarenze Werurwe, 2021.

Bigomba kurindwa kugira ngo bidashya
U Rwanda ruriteguye
Ni imashini zihenze
Ni umutungo w’ingirakamaro ku buzima bw’abantu
TAGGED:COVID-19featuredImashiniKagame
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ingabire Immaculee, A.Marie Niwemwiza, Miss Jolly… Hari Icyo Bavuga Kuri Bridal Shower
Next Article Ibyavuye Mu Matora Byashyize Museveni Ku Mwanya Wa Mbere ‘By’Agateganyo’
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?