Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurashaka Gukorana Na Senegal Mu By’Umutekano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurashaka Gukorana Na Senegal Mu By’Umutekano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2024 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imwe mu ngingo zajyanye Perezida Kagame muri Senegal ngo aziganireho na mugenzi we Bassirou Diomaye Faye ni ubufatanye mu rwego rwa gisirikare hagati y’u Rwanda na Senegal.

Amakuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zizajya zitoza iza Senegal. Ku rundi ruhande, hari kurebwa n’uburyo Rwandair yakwagurira ingendo zayo muri Senegal no mu bindi bihugu biri mu Karere iherereyemo.

Senegal ni igihugu kiri mu byateye imbere kurusha ibindi byo mu Burengerazuba bw’Afurika.

Bavuga ko ari nacyo gifite imiyoborere ya Demukarasi ihamye kurusha abaturanyi bayo.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Imikoranire ya Senegal n’u Rwanda kandi ifatiye no ku ngingo y’uko ibihugu byombi byahawe ikoranabuhanga ryo kubaka inganda zikora inkingo n’imiti mu rwego rwo kurinda abaturage kugerwaho n’ibyorezo n’indwara zikunze kwaduka mu isi ya none.

Bassirrou Diomaye Faye yasimbuye Macky Sall wari inshuti ya Perezida Kagame.

TAGGED:FayefeaturedIngaboKagameRwandaSenegalUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article APR BBC Muri BAL Yatsindiwe Muri Senegal Ku Mukino Ubanziriza Uwa Nyuma
Next Article Kuri Dawe Uri Mu Ijuru Haguye Ikamyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?