Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurashaka Gukorana Na Senegal Mu By’Umutekano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurashaka Gukorana Na Senegal Mu By’Umutekano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 12 May 2024 9:31 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Imwe mu ngingo zajyanye Perezida Kagame muri Senegal ngo aziganireho na mugenzi we Bassirou Diomaye Faye ni ubufatanye mu rwego rwa gisirikare hagati y’u Rwanda na Senegal.

Amakuru avuga ko ingabo z’u Rwanda zizajya zitoza iza Senegal. Ku rundi ruhande, hari kurebwa n’uburyo Rwandair yakwagurira ingendo zayo muri Senegal no mu bindi bihugu biri mu Karere iherereyemo.

Senegal ni igihugu kiri mu byateye imbere kurusha ibindi byo mu Burengerazuba bw’Afurika.

Bavuga ko ari nacyo gifite imiyoborere ya Demukarasi ihamye kurusha abaturanyi bayo.

Imikoranire ya Senegal n’u Rwanda kandi ifatiye no ku ngingo y’uko ibihugu byombi byahawe ikoranabuhanga ryo kubaka inganda zikora inkingo n’imiti mu rwego rwo kurinda abaturage kugerwaho n’ibyorezo n’indwara zikunze kwaduka mu isi ya none.

Bassirrou Diomaye Faye yasimbuye Macky Sall wari inshuti ya Perezida Kagame.

TAGGED:FayefeaturedIngaboKagameRwandaSenegalUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article APR BBC Muri BAL Yatsindiwe Muri Senegal Ku Mukino Ubanziriza Uwa Nyuma
Next Article Kuri Dawe Uri Mu Ijuru Haguye Ikamyo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?