Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurashimirwa Aho Rugeze Rutegura Trace Awards
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

U Rwanda Rurashimirwa Aho Rugeze Rutegura Trace Awards

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 October 2023 4:04 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ubuyobozi bwa RDB, Rwanda Convention Bureau n’abandi bari gutegura irushanwa rya Trace Awards barashimwa ko kugeza ubu bari kubitegura neza.

Ni ishimwe bahawe n’umuyobozi w’ikigo Trace Awars Africa witwa Olivier Laouchez wahuye n’abakora mu bigo byavuzwe haruguru n’abandi bari gufatanya mu gutegura ibitaramo bizatangirwamo biriya bihembo.

Biteganyijwe ko ibi bihembo bizatangwa mu mpera z’Icyumweru kizarangira taliki 22, Ukwakira, 2023.

Laouchez yavuze ko ubukungwa bw’u Rwanda buri ku rwego rwiza k’uburyo rufite ibyo rukeneye byose ngo rwakore irushanwa riri ku rwego rwa Trace Awards Festival.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Niryo rizaba ribaye irya mbere ribereye muri Afurika no mu Rwanda by’umwihariko.

Ariella Kageruka niwe wari uhagarariye RDB

Rizabera muri BK Arena hagati y’italiki 20 n’italiki ya 22, Ukwakira, 2023.

Biteganyijwe ko abantu 7000 ari bo bazitabira ibi birori bibereye muri BK Arena ariko hakazaba hari n’abandi bazabikurikiranira kuri televiziyo zabo n’imbuga nkoranyambaga zitandukanye.

Abahanzi n’abanyabugeni bagera kuri 50 baturutse hirya no hino muri Afurika bazaba bari i Kigali ngo bahemberwe kuba abadahigwa mu nganzo zabo.

Iyo uhuje aho ibi birori bizacishwa hose ngo abari ku isi babirebe, usanga bizaba biri kurebwa n’abantu miliyoni 500 bo mu bihugu 190.

- Advertisement -

Abahanzi b’Abanyarwanda bazaririmba muri ibi birori ni Bruce Melodie, Bwiza na Chris Eazy.

Hari n’abandi bazahabwa umwanya wo kuririmba n’ubwo bwose uzaba ari muto.

Abo ni Ish Kevin, Kenny K-Shot, Bruce Melodie, Sema Sole, Angell Mutoni, Boy Chopper, Mike Kayihura, n’aba DJS nka  DJ Fans-T, DJ Higa, DJ Rusam na DJ Irah.

TAGGED:AbahanziArenaBKfeaturedIbihemboRwandaTrace
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kugeza Murandasi Kuri Bose Birihutirwa- Perezida Kagame
Next Article Urwego Rw’Abanyamakuru Bigenzura Rwagize Icyo Ruvuga Ku Banyamakuru Baherutse Gufungwa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?