Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurifatanya N’Isi Kwibuka Jenoside Yakorewe Abayahudi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rurifatanya N’Isi Kwibuka Jenoside Yakorewe Abayahudi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2024 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abayahudi bazize Jenoside biciwe mu Burayi bamwe bashyinguwe mu Bufaransa
SHARE

Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi harabera Kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi.

Ni igikorwa kiraba ku nshuro ya kabiri kuva aho Israel ifunguriye Ambasade yayo i Kigali.

Kwibuka iyi Jenoside kandi mu Rwanda byanateguwe na Ambasade y’Ubudage, iki gihugu kikaba ari cyo cyakoze iriya Jenoside ubwo cyayoborwaga n’Abanazi ba Adolph Hitler.

Iyi Jenoside yakorewe Abayahudi yahitanye abagera kuri miliyoni 6.

Aho irangiriye Israel yabaye igihugu gishya giteye imbere muri byinshi.

Icyakora gihora mu ntambara yo gukomeza kubaho kuko kuva cyakongera kubaho mu mwaka wa 1948 hari ibihugu by’Abarabu bidashaka ko kibaho gitekanye.

N’ikimenyimenyi ubu kiri mu ntambara na Hamas.

TAGGED:AbayahudiAmbasadefeaturedIsraelJenosideUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda:Ingo 1,500,000 Zifite Amashanyarazi
Next Article Perezida Wa Liberia Yananiwe Kuvuga Kubera Umutima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

I Yeruzalemu Hagabwe Igitero Kica Batandatu Barimo Umugore Utwite

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?