Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rurifatanya N’Isi Kwibuka Jenoside Yakorewe Abayahudi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rurifatanya N’Isi Kwibuka Jenoside Yakorewe Abayahudi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 January 2024 11:04 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Abayahudi bazize Jenoside biciwe mu Burayi bamwe bashyinguwe mu Bufaransa
SHARE

Ku rwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi rwa Gisozi harabera Kwibuka Jenoside yakorewe Abayahudi.

Ni igikorwa kiraba ku nshuro ya kabiri kuva aho Israel ifunguriye Ambasade yayo i Kigali.

Kwibuka iyi Jenoside kandi mu Rwanda byanateguwe na Ambasade y’Ubudage, iki gihugu kikaba ari cyo cyakoze iriya Jenoside ubwo cyayoborwaga n’Abanazi ba Adolph Hitler.

Iyi Jenoside yakorewe Abayahudi yahitanye abagera kuri miliyoni 6.

Aho irangiriye Israel yabaye igihugu gishya giteye imbere muri byinshi.

Icyakora gihora mu ntambara yo gukomeza kubaho kuko kuva cyakongera kubaho mu mwaka wa 1948 hari ibihugu by’Abarabu bidashaka ko kibaho gitekanye.

N’ikimenyimenyi ubu kiri mu ntambara na Hamas.

TAGGED:AbayahudiAmbasadefeaturedIsraelJenosideUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwanda:Ingo 1,500,000 Zifite Amashanyarazi
Next Article Perezida Wa Liberia Yananiwe Kuvuga Kubera Umutima
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Arabie Saoudite: Kagame Azatanga Ikiganiro Ku Umutekano Mu By’Ubukungu

Biya Agiye Kongera Kuyobora Cameroun Muri Manda Izarangira Afite Hafi Imyaka 100

Kigali: Bafatanywe Udupfunyika 617 Tw’Urumogi

Inzoga Z’Inkorano Zikomeje Kwangiza Ubuzima Bw’Abanyarwanda

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Umunyarwanda Uterura Ibiremereye Kurusha Abandi Agiye Kuruhagararira Mu Misiri

Uburundi, Ububiligi, DRC, Amerika… -Nduhungirehe Asobanura Uko U Rwanda Rubanye Nabyo

Huye: Urubyiruko Rwahawe Ibibuga By’Imikino Bikozwe Na Croix Rouge Y’u Rwanda 

Byaba Byagenze Gute Ngo Amerika Ihagarike Gukorana Na Israel?

Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Kamala Harris Aracyashaka Kuba Perezida Wa Amerika 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Guhurira Muri Amerika Kwa Kagame Na Tshisekedi Kwimuriwe Mu Ugushyingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Muri Somalia Byifashe Bite?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?