Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rushyigikiye Amavugurura Y’Uko Ubukungu Bw’Isi Bucunzwe-PM Ngirente
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbuzima

U Rwanda Rushyigikiye Amavugurura Y’Uko Ubukungu Bw’Isi Bucunzwe-PM Ngirente

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 January 2024 1:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri avuga ko u Rwanda nk’umunyamuryango w’ihuriro, G77 and China rwishimiye kwitabira iriya nama iri kubera muri Uganda kandi rukaba rushyigikiye ko urwego rw’imari ku isi rwavugururwa kugira ngo ruhuzwe n’uko isi ya none yubatse.

Minisitiri w’Intebe ari muri riya nama ahagarariye Perezida Paul Kagame.

Dr. Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda ruzi akamaro k’iyi nama mu guhuza ibihugu bigize uyu muryango kugira ngo bifatanye mu iterambere rirambye.

Ngirente avuga ko ashingiye kubyagezweho mu nama zabanjirije iyi zabereye i Doha muri Qatar n’iyabereye la Havana muri Cuba, asanga ibizigirwamo bifite agaciro kuko bihuza na gahunda y’u Rwanda yo kutagira usigara inyuma mu iterambere rusange ry’abaturage.

Umukuru wa Guverinoma y’u Rwanda avuga ko imikorere y’iri Huriro yagiriye akamaro ibihugu birigize binyuze mu mikoranire yabyo hagati yabyo ndetse no hagati yabyo b’Ubushinwa by’umwihariko.

Yunzemo ko u Rwanda rushyigikiye igitekerezo cy’uko imikorere ya gahunda y’uko imari y’isi ikora yavugururwa ikajyanirana n’uko bintu byifashe muri iki gihe.

Ati: “ Ubufatanye ni ingenzi mu gutuma isi itera imbere kandi igafatanya mu guhangana n’ibibazo biyugarije kandi mu bufatanye bwacu, ibyo byose tuzabitsinda.”

Ku rundi ruhande, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko mu bufatanye mpuzamahanga, ari ngombwa kuzirikana ibihugu bidakora ku Nyanja, ibihugu bikennye cyane n’ibihugu biri mu birwa kugira ngo bifashwe gutera intambwe.

Yaboneyeho gutumira abashyitsi bari baro muri iyi nama kuzitabira indi y’Umuryango w’Abibumbye iziga ku bibazo by’ibihugu bidakora ku Nyanja izabera mu Rwanda muri Kamena, 2024.

TAGGED:featuredImariIsiNgirenteRwandaUrwego
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Ufite Ubumuga Bwo Kutabona Yahuye N’Uruva Gusenya
Next Article Ndayishimiye Yiyemeje Gufatanya Na Tshisekedi Mu Kurwanya u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?