Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rushyigikiye Amavugurura Y’Uko Ubukungu Bw’Isi Bucunzwe-PM Ngirente
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbuzima

U Rwanda Rushyigikiye Amavugurura Y’Uko Ubukungu Bw’Isi Bucunzwe-PM Ngirente

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 January 2024 1:41 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri avuga ko u Rwanda nk’umunyamuryango w’ihuriro, G77 and China rwishimiye kwitabira iriya nama iri kubera muri Uganda kandi rukaba rushyigikiye ko urwego rw’imari ku isi rwavugururwa kugira ngo ruhuzwe n’uko isi ya none yubatse.

Minisitiri w’Intebe ari muri riya nama ahagarariye Perezida Paul Kagame.

Dr. Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda ruzi akamaro k’iyi nama mu guhuza ibihugu bigize uyu muryango kugira ngo bifatanye mu iterambere rirambye.

Ngirente avuga ko ashingiye kubyagezweho mu nama zabanjirije iyi zabereye i Doha muri Qatar n’iyabereye la Havana muri Cuba, asanga ibizigirwamo bifite agaciro kuko bihuza na gahunda y’u Rwanda yo kutagira usigara inyuma mu iterambere rusange ry’abaturage.

Umukuru wa Guverinoma y’u Rwanda avuga ko imikorere y’iri Huriro yagiriye akamaro ibihugu birigize binyuze mu mikoranire yabyo hagati yabyo ndetse no hagati yabyo b’Ubushinwa by’umwihariko.

Yunzemo ko u Rwanda rushyigikiye igitekerezo cy’uko imikorere ya gahunda y’uko imari y’isi ikora yavugururwa ikajyanirana n’uko bintu byifashe muri iki gihe.

Ati: “ Ubufatanye ni ingenzi mu gutuma isi itera imbere kandi igafatanya mu guhangana n’ibibazo biyugarije kandi mu bufatanye bwacu, ibyo byose tuzabitsinda.”

Ku rundi ruhande, Minisitiri w’Intebe Dr. Edouard Ngirente avuga ko mu bufatanye mpuzamahanga, ari ngombwa kuzirikana ibihugu bidakora ku Nyanja, ibihugu bikennye cyane n’ibihugu biri mu birwa kugira ngo bifashwe gutera intambwe.

Yaboneyeho gutumira abashyitsi bari baro muri iyi nama kuzitabira indi y’Umuryango w’Abibumbye iziga ku bibazo by’ibihugu bidakora ku Nyanja izabera mu Rwanda muri Kamena, 2024.

TAGGED:featuredImariIsiNgirenteRwandaUrwego
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rusizi: Ufite Ubumuga Bwo Kutabona Yahuye N’Uruva Gusenya
Next Article Ndayishimiye Yiyemeje Gufatanya Na Tshisekedi Mu Kurwanya u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Muyobozi Muri WASAC Yafunzwe

Gen Nkubito Yabwiye Abo Mu Burengerazuba Ko FDLR Idakwiye Kubahahamura

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

You Might Also Like

Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Ruhango: Bakurikiranyweho Gutega Abantu Bakabaniga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Perezida Kagame Yafashe Mu Mugongo Abo Mu Muryango Wa Dr.Kirabo Washyinguwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?