Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rutsinze Centrafrique 2-0 Ruyirusha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rutsinze Centrafrique 2-0 Ruyirusha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2021 5:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukino wa gicuti wahuje Amavubi y’u Rwanda na Le Fauves de Bangui yo muri Centrafrique urangiye u Rwanda rutsinze Centrafrique ibitego 2-0. Ni umukino byagaragaraga ko Amavubi yarushaga Les Fauves de Bangui mu buryo bugaragara.

Umukino umaze iminota mike ngo utangire, kapiteni w’Amavubi Jacques Tuyisenge yabonye amahirwe yo gutsindisha umutwe ariko biranga.

Nyuma gato umusifuzi ukomoka muri Kenya yaje guha ikipe y’u Rwanda penaliti ku ikosa ryari rikorewe Byiringiro Lague, aranayitera ariko awutera hejuru.

Ahagana mu munota wa 41 y’igice cya mbere myugariro Abdul Rwatubyaye yatsinze igitego cya mbere, igice cya mbere kiza kurangira ari uko.

Igice cya kabiri cyatangiye n’ubundi Amavubi afite imbaraga muri uyu mukino ndetse Kapiteni Jacques Tuyisenge ku munota wa 70 aza gutsinda igitego cya kabiri nyuma yo guhabwa umupira na  Blaise Nishimwe

Umukino wo kwishyura uzaba ku wa Mbere tariki 07, Kamena, 2021 ukazabera i Kigali.

Umutoza wa Les Fauves de Bangui yabwiye RBA ko yahuye n’ikipe ishaka gutsindira iwayo ariko ko yifuza kuzatsinda umukino uzabahuza ku wa Mbere.

TAGGED:AmavubiCentrafriquefeaturedKigaliRwatubyayeTuyisenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abazajya Mu Mikino Olempiki Mu Buyapani Bazajya Bakingirwa COVID-19 Mu Rwanda
Next Article Gen Mubarakh Muganga Yagizwe Umugaba w’Ingabo Zirwanira Ku Butaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

General Kabandana Yatabarutse

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbyamamareImyidagaduroMu Rwanda

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?