Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rutsinze Centrafrique 2-0 Ruyirusha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rutsinze Centrafrique 2-0 Ruyirusha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2021 5:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukino wa gicuti wahuje Amavubi y’u Rwanda na Le Fauves de Bangui yo muri Centrafrique urangiye u Rwanda rutsinze Centrafrique ibitego 2-0. Ni umukino byagaragaraga ko Amavubi yarushaga Les Fauves de Bangui mu buryo bugaragara.

Umukino umaze iminota mike ngo utangire, kapiteni w’Amavubi Jacques Tuyisenge yabonye amahirwe yo gutsindisha umutwe ariko biranga.

Nyuma gato umusifuzi ukomoka muri Kenya yaje guha ikipe y’u Rwanda penaliti ku ikosa ryari rikorewe Byiringiro Lague, aranayitera ariko awutera hejuru.

Ahagana mu munota wa 41 y’igice cya mbere myugariro Abdul Rwatubyaye yatsinze igitego cya mbere, igice cya mbere kiza kurangira ari uko.

Igice cya kabiri cyatangiye n’ubundi Amavubi afite imbaraga muri uyu mukino ndetse Kapiteni Jacques Tuyisenge ku munota wa 70 aza gutsinda igitego cya kabiri nyuma yo guhabwa umupira na  Blaise Nishimwe

Umukino wo kwishyura uzaba ku wa Mbere tariki 07, Kamena, 2021 ukazabera i Kigali.

Umutoza wa Les Fauves de Bangui yabwiye RBA ko yahuye n’ikipe ishaka gutsindira iwayo ariko ko yifuza kuzatsinda umukino uzabahuza ku wa Mbere.

TAGGED:AmavubiCentrafriquefeaturedKigaliRwatubyayeTuyisenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abazajya Mu Mikino Olempiki Mu Buyapani Bazajya Bakingirwa COVID-19 Mu Rwanda
Next Article Gen Mubarakh Muganga Yagizwe Umugaba w’Ingabo Zirwanira Ku Butaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Gicumbi: Abiga Inderabarezi Basaba Ko Bakongererwa Imashini N’Ibitabo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Nyuma Yo Kwica Abantu 114 Muri Philippines Inkubi Ikomereje Muri Vietnam

Burundi: Umushinjacyaha Aravugwaho Kwiba Amafaranga Ya Leta Akayajyana Tanzania

Abanyarwanda Banywa Ikawa Ni 5%-NAEB

Ubwoba Ku Bitero By’Ikoranabuhanga Ku Bakiliya Bwatumye MTN Ihanga Agashya

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwifatanyije Na Algeria Kwizihiza Isabukuru Y’Ubwigenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Ubuhinde: Igitero Cy’Iterabwoba Kishe Abantu Umunani 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Yabyariye Mu Modoka Y’Abagenzi Ijya Rubavu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Sarkozy Agiye Kurekurwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?