Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rutsinze Centrafrique 2-0 Ruyirusha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Rutsinze Centrafrique 2-0 Ruyirusha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2021 5:11 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukino wa gicuti wahuje Amavubi y’u Rwanda na Le Fauves de Bangui yo muri Centrafrique urangiye u Rwanda rutsinze Centrafrique ibitego 2-0. Ni umukino byagaragaraga ko Amavubi yarushaga Les Fauves de Bangui mu buryo bugaragara.

Umukino umaze iminota mike ngo utangire, kapiteni w’Amavubi Jacques Tuyisenge yabonye amahirwe yo gutsindisha umutwe ariko biranga.

Nyuma gato umusifuzi ukomoka muri Kenya yaje guha ikipe y’u Rwanda penaliti ku ikosa ryari rikorewe Byiringiro Lague, aranayitera ariko awutera hejuru.

Ahagana mu munota wa 41 y’igice cya mbere myugariro Abdul Rwatubyaye yatsinze igitego cya mbere, igice cya mbere kiza kurangira ari uko.

Igice cya kabiri cyatangiye n’ubundi Amavubi afite imbaraga muri uyu mukino ndetse Kapiteni Jacques Tuyisenge ku munota wa 70 aza gutsinda igitego cya kabiri nyuma yo guhabwa umupira na  Blaise Nishimwe

Umukino wo kwishyura uzaba ku wa Mbere tariki 07, Kamena, 2021 ukazabera i Kigali.

Umutoza wa Les Fauves de Bangui yabwiye RBA ko yahuye n’ikipe ishaka gutsindira iwayo ariko ko yifuza kuzatsinda umukino uzabahuza ku wa Mbere.

TAGGED:AmavubiCentrafriquefeaturedKigaliRwatubyayeTuyisenge
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abazajya Mu Mikino Olempiki Mu Buyapani Bazajya Bakingirwa COVID-19 Mu Rwanda
Next Article Gen Mubarakh Muganga Yagizwe Umugaba w’Ingabo Zirwanira Ku Butaka
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?