Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Ruzakira Umuhango Wo Guhemba Abatwaye Formula One
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imikino

U Rwanda Ruzakira Umuhango Wo Guhemba Abatwaye Formula One

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2024 6:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Kamena, 2024 mu Karere ka Huye hateganyijwe kuzabera isiganwa mpuamahanga ry’umukino wo gutwara imodoka. Biteganyijwe ko uzaba hagati y’itailiki 14 na 16, Kamena, 2024.

Ibyo byatangarijwe mu Nama y’Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa mu Modoka mu Rwanda (RAC) yaraye uteranye ngo itegure umwaka w’imikino udasanzwe, muri wo hakazamo n’Inteko Rusange y’Ishyirahamwe ry’uyu mukino ku Isi (FIA) izaba mu Ukuboza.

Hagati aho hari irindi rushanwa ryiswe Rwanda Mountain Gorilla Rall rizakinwa iminsi itatu ni ukuvuga  taliki ya 18-20, Ukwakira, 2024.

Rwanda Mountain Gorilla Rally y’uyu mwaka, yagombaga gukinwa muri Kamena, ariko RAC yandikira Ishyirahamwe ry’Umukino wo Gusiganwa mu Modoka ku Isi (FIA) isaba ko yaba mu Ukwakira kubera ibindi bikorwa biteganyijwe mu Rwanda muri icyo gihe.

Mu mwaka wa 2024 kandi hateganyijwe Inteko Rusange ya FIA iteganyijwe ku wa 13, Ukuboza, 2024,

Muri yo hazatangwa ibihembo ku bitwaye neza mu marushanwa atandukanye arimo na Shampiyona y’Isi ya Formula One.

Muri Shampiyona y’u Rwanda, abazayitabira bazasiganwa mu modoka bashaka uwayegukana muri uyu mwaka, kuri iki gihe ku urutonde  uyoboye ni  Giancarlo Davite ukinana na Damien Bernard, bombi bafite amanota 35.

Abanyarwanda Kanangire Christian na Mujiji Kevin bakinana ni aba kabiri n’amanota 28 mu gihe ku mwanya wa gatatu hari Mitraros Elefterios na Paolo Paganin bafite amanota 24.

TAGGED:featuredFormulaIbihemboImikinoimodokaIsiganwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Imodoka Zica Muri Kigali Zategetswe Kuba Amapine Yogeje
Next Article Muhanga: Bategetswe Kurandura Ibishyimbo Ngo Hubakwe Stade
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Croix Rouge Mu Guhangana N’Ingaruka Z’Imihindagurikire Y’Ikirere

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Minisitiri w’Intebe Wa Qatar Arajya Kurega Israel Kuri Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Kabila Arasomerwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?