Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwagiranye Amasezerano N’Ikigo Cy’Abongereza Gitunganya Amabuye Y’Agaciro
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

U Rwanda Rwagiranye Amasezerano N’Ikigo Cy’Abongereza Gitunganya Amabuye Y’Agaciro

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 January 2024 4:23 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikigo cy’Abongereza n’Abanya Australia kitwa Rio Tinto Minerals Development Ltd cyasinyanye na Leta y’u Rwanda binyuze mu kigo cyayo gishinzwe Petelori, Mine na Gaz amasezerano y’uburyo ibuye rya Lithium ryagaragaye mu Ntara y’Uburasirazuba ryacukurwa.

Umuyobozi w’iki kigo nyarwanda witwa Yamima Karitanyi avuga ko kuba u Rwanda rugiye gukorana na Rio Tinto ari intambwe ikomeye izarufasha mu bikorwa byarwo byo gushakisha no gucukura amabuye y’agaciro.

Avuga kandi ko bizafasha mu gutuma amabuye acukurwa mu Rwanda akomeza kuba ayo kwizerwa kuko azaba yujuje ibisabwa byose mu bipimo mpuzamahanga.

Rio Tinto Minerals Development Ltd ni ikigo cyazobereye mu byo gushaka no gutunganya amabuye y’agaciro, kikaba gikorera mu bihugu 35 hirya no hino ku isi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Umuyobozi ushinzwe ibikorwa bya Rio Tinto hirya no hino ku isi witwa Lawrence Dechambenoit avuga ko bishimiye gukorana n’u Rwanda mu gushakisha, gucukura no gutunganya ibuye rya Lithium mu Burasirazuba bw’u Rwanda.

Ifoto: Yamima Karitanyi

TAGGED:AgaciroAmabuyeBwongerezafeaturedLithium
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umubyeyi W’I Kamonyi Yapfiriye Ku Nzira Ajya Kubyara
Next Article Kagame Yakiriye Umujyanama Wa Sunak Mu By’Ubucuruzi
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?