Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwaguze Indege Nini Yo Gutwara Imizigo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ubukungu

U Rwanda Rwaguze Indege Nini Yo Gutwara Imizigo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 November 2022 9:15 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’ibikorwaremezo Dr. Erenst Nsabimana yatangaje ko u Rwanda rwaguze indege nini yo gutwara imizigo myinshi. Avuga ko n’ubundi hari izindi ndege ztwaraga imizigo ariko zigatwara n’abandi, gusa ngo iriya yo umwihariko wayo ni ugutwara imizigo itabangiakanyijwe n’abantu.

Avuga ko iriya ndege izaba ije gufasha abacuruza ibintu bitandukanye birimo n’ibikomoka ku buhinzi n’ubworozi kujya biva cyangwa bigezwa mu Rwanda bidahungabanye.

Ati: “ Indege rero yarabonetse, indege yaraguzwe, ariko kugira ngo indege iguruke hari ibindi bisabwa, bigomba kuyakira impushya zo kugira ngo iguruke ikore ako kazi, kureba  niba n’ibindi biri tekinike bitunganyije.”

Dr Nsabimana avuga ko byose biri kurangira k’uburyo mu gihe kitarambiranye iyo ndege iraba yatangiye akazi.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image
Dr Erenst Nsabimana
Dr.Erenst Nsabimana

Iyi ndege iguzwe mu gihe u Rwanda rukomeje kwagura amarembo ruhahirana n’amahanga.

Nk’ubu ruherutse gutangiza ingendo z’indege za RwandAir  zigana mu Bwongereza ndetse abacuruzi barwo baraye basinyanye amasezerano n’abo mu Birwa bya Barbados yo guhahirana no gucuruzanya ibintu bitandukanye.

Rusanzwe kandi rwohereza hanze harwo ibindi bihingwa ngengabukundu  nk’ikawa, icyayi, indabo  n’ibindi birimo n’amabuye y’agaciro.

Ibi byose bikeneye indege nini igomba kunganira izisanzwe zifasha Abanyarwanda mu bucuruzi bwabo.

Inkuru wasoma k’ubucuruzi bw’u Rwanda n’u Bushinwa…

- Advertisement -

Ubucuruzi Bw’u Rwanda Mu Bushinwa Bwatitije Ibirwa Bya Maurice

 

TAGGED:AbanyarwandafeaturedImizigoIndegeLondonRwandAirUbucuruzi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Muri 2022 Nibwo Byagaragaye Ko Pérmis Yatanzwe Muri 2011 Ari Impimbano
Next Article Aho Abatuye Umujyi Wa Muhanga Bakuraga Amazi Harakamye
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?