Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwahisemo Kuba Igihugu Buri Wese Yakwifuza Gusura- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

U Rwanda Rwahisemo Kuba Igihugu Buri Wese Yakwifuza Gusura- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 November 2023 7:09 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida  Paul Kagame avuga ko uko abantu babona u Rwanda rw’ubu bishingiye ku mahitamo rwagize mu myaka iri hafi kuba 30.

Yabivugiye mu Nama mpuzamahanga iri kubera mu Rwanda yiga ku bukerarugendo yitabiriwe n’abantu batandukanye barimo na Perezida wa Tanzania Samia Suluhu Hassan.

Mu ijambo yagejeje ku bari aho, Perezida Kagame yavuze ko Abanyarwanda basanze ari ngombwa ko bubaka igihugu buri wese aza yisangamo kandi agasanga Abanyarwanda bafite agaciro.

Avuga ko Abanyarwanda basanze ubukerarugendo ari imwe mu nkingi zikomeye z’ubukungu bw’igihugu cyabo.

Yagize ati: “ Kubungabunga ibidukikije ni imwe mu ngamba zacu zigamije kurushaho kubaka ejo hahamye. Twishimira ko pariki ya Nyungwe ari umurage w’isi. Dukomeje kandi gushora mu bikorwa remezo no mu bumenyi mu kwakira ibikorwa binini by’imikino nka shampiyona y’imikino ya Basket muri Afurika. Ku rwego rw’isi urwego rw’ubukerarugendo rwarazanzamutse mu buryo bufatika.”

Umukuru w’u Rwanda avuga ko n’ubwo ari uko bimeze, ikiguzi cyo gutembera muri Afurika ndetse no gutembera muri Afurika ubwaho bikiri imbogamizi.

Avuga ko imwe mu ngamba u Rwanda rwafashe ituma abarusura baba benshi ari uko rwashyize imbere ishyirwa mu bikorwa by’amasezerano yo guhuza ikirere muri Afurika, gukuriraho Abanyafurika inzitizi ya Viza ndetse n’abandi banyamahanga bihinjira.

Ubukerarugendo mu Rwanda rufite hafi 50% by’umusaruro mbumbe wose w’u Rwanda buri mwaka.

Umuyobozi wa RDB Francis Gatare avuga ko u Rwanda ruzakomeza kwemerera abanyamahanga kwinjira mu Rwanda bafatiye viza mu Rwanda.

Avuga ko u Rwanda rwahaye buri wese wifuza kurusura cyangwa kurubamo amahirwe asesuye yo kubikora.

TAGGED:featuredInamaKagameUbukerarugendo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ni Iki Leta Iteganya Mu Gukumira Inkangu Ziyongera Mu Bihe By’Imvura?
Next Article Itangazamakuru Ryugarijwe N’Abashaka Views- Depite Dr. Habineza
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

ImikinoMu Rwanda

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?