Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

U Rwanda Rwatangiye Amarushamwa Nyafurika Ya Basketball Rutsindwa

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 August 2025 8:10 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ikipe y’Igihugu y’u Rwanda mu mukino wa mbere wa Basketball mu bagabo waraye uyihuje n’iya Ivory Coast yatangiye itsindwa ku manota 78, yo ifite 70.

Muri uyu mukino wari uwa mbere mu itsinda rya mbere (Group A), ikipe y’u Rwanda yari yatangiye ikina neza gusa ntibyatinze ngo bigere ku munota wa nyuma.

Kuva watangira, wari ushyushye amakipe yegeranye mu manota ndetse agace ka mbere karangiye amanota angana, ari 14 ku yandi.

Agace ka kabiri karangiye ari ak’u Rwanda kuko rwari rufite amanota 23 kuri 22.

Aka gatatu katsinzwe na Ivory Coast ku manota 21 kuri 18, n’aho aka kane gatsindwa na Ivory Coast ku manota 21 kuri 15 y’u Rwanda.

Umukinnyi Matt Costello w’ikipe ya Ivory Coast ni we watsinze amanota menshi kuko yatsinze 27, akurikirwa na Ntore Habimana w’u Rwanda we watsinze amanota 21.

U Rwanda ruzongera gukina ku wa Gatanu Tariki 15, Kanama, 2025 saa kumi n’imwe z’umugoroba, iyi mikino ikaba irimo kubera muri Angola.

TAGGED:BasketballfeaturedIkipeRwandaUmukono
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Gasabo: Umugore Yafatanywe Amakarito Ya Liquors Zitujuje Ubuziranenge
Next Article DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abanywera Urumogi Muri Gereza Baburiwe

General Kabandana Yatabarutse

Rusizi: Meya Yasabye Abarimu Kureka Ubusinzi No Gutukana

Igisasu Cy’Uburusiya Cyarashwe Ku Nyubako Ya Guverinoma Ya Ukraine 

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ubushinwa Bweretse Isi Ko Ku Ntwaro Bwihagazeho

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Abawazalendo Bigaragambije Ku Cyemezo Cya Leta

Abanyakigali Bakomeje Kugemurirwa Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rubavu: Minisitiri W’Intebe Yasuye Inganda Zikora Ku Kiyaga Cya Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbuzima

Ebola Yagarutse Muri DRC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Musanze: Polisi Yafunze Ahengerwaga Inzoga Yitwa Karigazoke

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?