Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwohereje Indi Nkunga Muri Gaza
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwohereje Indi Nkunga Muri Gaza

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 July 2025 12:16 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
Ni inkunga ya Toni 40
SHARE

Binyuze ku bwami bwa Jordania, Leta y’u Rwanda yoherereje abanya Gaza inkunga y’ibiribwa n’imiti. Ni inkunga ya toni 40 z’ibiribwa n’imiti igenewe gufasha abaturage ba Gaza bafite ibibazo byo kubona imiti n’ibiribwa byo kubaramira muri iki gihe kibakomereye.

Abaturage ba Gaza bari mu bantu bafite ibibazo byatewe ahanini n’intambara yadutse muri aka gace nyuma y’igitero Hamas yagabye muri Israel tariki 07, Ukwakira, 2023.

Cyahitanye abantu 1,200 abandi 250 bajyanwa bunyago bikozwe na Hamas.

Intambara ihamaze igihe yatumye abaturage babura imiti n’ibiribwa bihagije kugira ngo abana, abagore, abageze mu zabukuru n’abandi bavurwe kandi babone ibiribwa biboneye.

Itangazo ryatanzwe na Guverinoma y’u Rwanda rivuga ko iyo nkunga iri mu bufatanye mpuzamahanga bwo gutanga umusanzu wo kwita ku baturage ba Gaza babayeho nabi kubera intambara batagizemo uruhare.

TAGGED:GazaImfashanyoImpunziRwandaUbufatanyeUbwami
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwabonye Miliyoni $18 Yo Kwagura Umushinga Green Amayaga
Next Article Gaza: Abana Bari Bagiye Gufata Imiti Bahitanywe N’Igisasu
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuhuza Wa Afurika Yunze Ubumwe Mu Kibazo Cy’u Rwanda Na DRC Ari i Kigali

Mobicash Yabaye Ihagaritswe 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

DRC: Guverinoma Irashaka Kwisubiza Bunagana Kugeza Uvira

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

‘Board Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Burundi: Haravugwa Guhangana Hagati Ya Ndayishimiye N’Umunyamabanga  Wa CNDD-FDD

U Rwanda Rurashaka Ko Ubwongereza Buruha Amafaranga Yarwo Yose

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Inama Y’Igihugu Y’Umushyikirano Iragarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Rayon Yaguze Uwakiniraga Mukura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?