Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwongeye Kwibutsa DRC Ko Kurinda Imbibi Zarwo Ari Inshingano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

U Rwanda Rwongeye Kwibutsa DRC Ko Kurinda Imbibi Zarwo Ari Inshingano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 July 2023 7:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byatangaje ko iby’uko ingabo z’u Rwanda ziri gutegura igitero muri DRC ari ibinyoma byatangajwe n’igisirikare cy’iki gihugu.

Byaboneye ho kwibutsa DRC ko ubuyobozi bw’u Rwanda bushinzwe kurinda ko ruterwa.

Iri tangazo risohotse nyuma gato y’iryo Umuvugizi w’ingabo za DRC; Maj Gen Ekenge Bomusa Efoma Sylvain aherutse gushora avuga ko bafite amakuru ashingiye ku itangazo  avuga ko ari iryo Leta y’u Rwanda yasohoye  ku wa 18, Nyakanga 2023, rivuga ko rwiteguye kohereza ingabo za RDF ku butaka bwa RDC.

Maj Gen Ekenge Bomusa Efoma Sylvain

U Rwanda rwavuze ko ibikubiye muri iryo tangazo ari ikinyoma kuko u Rwanda rutigeze ruvuga ibyo kuzatera DRC.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

I Kigali bavuga ko ibikubiye mu itangazo ryasohowe n’ingabo za DRC ari urwiyerurutso no kujijisha amahanga.

Ngo DRC ni yo ishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

Uko bimeze kose, u Rwanda rwibukije DRC n’isi muri rusange ko rufite inshingano zo kurinda ubusugire bwarwo binyuze mu kubungabunga imbibi zarwo, zaba izo ku butaka, mu kirere no mu mazi.

Iri tangazo rivuguruza ibyo DRC yatangaje
TAGGED:DRCfeaturedIbiroIgiteroIngaboRwandaUmuvugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwamagana: Ubushera Bwateye Abaturage 53 Kujyanwa Kwa Muganga
Next Article Umunya Israel Yishe Umunya Ugandakazi Amuziza Ko Umwana Utari Uwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?