Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwongeye Kwibutsa DRC Ko Kurinda Imbibi Zarwo Ari Inshingano
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Umutekano

U Rwanda Rwongeye Kwibutsa DRC Ko Kurinda Imbibi Zarwo Ari Inshingano

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 20 July 2023 7:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ibiro by’Umuvugizi wa Guverinoma y’u Rwanda byatangaje ko iby’uko ingabo z’u Rwanda ziri gutegura igitero muri DRC ari ibinyoma byatangajwe n’igisirikare cy’iki gihugu.

Byaboneye ho kwibutsa DRC ko ubuyobozi bw’u Rwanda bushinzwe kurinda ko ruterwa.

Iri tangazo risohotse nyuma gato y’iryo Umuvugizi w’ingabo za DRC; Maj Gen Ekenge Bomusa Efoma Sylvain aherutse gushora avuga ko bafite amakuru ashingiye ku itangazo  avuga ko ari iryo Leta y’u Rwanda yasohoye  ku wa 18, Nyakanga 2023, rivuga ko rwiteguye kohereza ingabo za RDF ku butaka bwa RDC.

Maj Gen Ekenge Bomusa Efoma Sylvain

U Rwanda rwavuze ko ibikubiye muri iryo tangazo ari ikinyoma kuko u Rwanda rutigeze ruvuga ibyo kuzatera DRC.

I Kigali bavuga ko ibikubiye mu itangazo ryasohowe n’ingabo za DRC ari urwiyerurutso no kujijisha amahanga.

Ngo DRC ni yo ishaka guhungabanya umutekano w’u Rwanda.

Uko bimeze kose, u Rwanda rwibukije DRC n’isi muri rusange ko rufite inshingano zo kurinda ubusugire bwarwo binyuze mu kubungabunga imbibi zarwo, zaba izo ku butaka, mu kirere no mu mazi.

Iri tangazo rivuguruza ibyo DRC yatangaje
TAGGED:DRCfeaturedIbiroIgiteroIngaboRwandaUmuvugizi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rwamagana: Ubushera Bwateye Abaturage 53 Kujyanwa Kwa Muganga
Next Article Umunya Israel Yishe Umunya Ugandakazi Amuziza Ko Umwana Utari Uwe
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Ashobora Kweguzwa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Congo: ADF Yishe Abantu 102

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?