Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwujuje Igikorwaremezo Gikusanya Amakuru Y’Ibyogajuru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rwujuje Igikorwaremezo Gikusanya Amakuru Y’Ibyogajuru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2024 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu karere ka Rwamagana hubatswe icyuma cy’ikoranabuhanga kizajya gikusanya amakuru y’ibyogajuru mbere y’uko asesengurwa.

Amakuru iki cyuma bita ‘teleport’ kizajya gikusanyiriza muri Rwamagana azajya asesengurirwa muri mudasobwa nini ziri mu Mujyi wa Kigali ariko abikwe mu byumba kabuhariwe biri mu Karere ka Rwamagana.

Ibi byumba babyita data centers.

Abahanga bakorera hafi y’aho iki cyuma cyubatswe bavuga ko abahanga bari i Kigali ari bo bazajya bategeka icyo cyuma ibyo gikora bitewe n’ibiri mu nshingano zacyo n’igikenewe mu gihe runaka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ntabwo hatangajwe ubwoko bw’amakuru iki cyuma kizajya gikurura ariko bisanzwe bizwi ko u Rwanda rushaka kugira ikoranabuhanga rirufasha mu gucunga uko ikirere kifashe.

Amakuru nk’ayo ni ingenzi ku gihugu gifite abaturage batunzwe ahanini n’ubuhinzi bwifashisha amazi y’imvura.

IGIHE ivuga ko icyuma cyuzuye muri Rwamagana ari kimwe mu bindi bizahubakwa mu gihe gito kiri imbere.

TAGGED:AmakurufeaturedIbyogajuruIkirereRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Umugabo Yishwe N’Urwagwa
Next Article Kigali: Barasaba Leta Kongerera Amahirwe Abana Barwaye Autism
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?