Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: U Rwanda Rwujuje Igikorwaremezo Gikusanya Amakuru Y’Ibyogajuru
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rwujuje Igikorwaremezo Gikusanya Amakuru Y’Ibyogajuru

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 19 July 2024 3:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu karere ka Rwamagana hubatswe icyuma cy’ikoranabuhanga kizajya gikusanya amakuru y’ibyogajuru mbere y’uko asesengurwa.

Amakuru iki cyuma bita ‘teleport’ kizajya gikusanyiriza muri Rwamagana azajya asesengurirwa muri mudasobwa nini ziri mu Mujyi wa Kigali ariko abikwe mu byumba kabuhariwe biri mu Karere ka Rwamagana.

Ibi byumba babyita data centers.

Abahanga bakorera hafi y’aho iki cyuma cyubatswe bavuga ko abahanga bari i Kigali ari bo bazajya bategeka icyo cyuma ibyo gikora bitewe n’ibiri mu nshingano zacyo n’igikenewe mu gihe runaka.

Ntabwo hatangajwe ubwoko bw’amakuru iki cyuma kizajya gikurura ariko bisanzwe bizwi ko u Rwanda rushaka kugira ikoranabuhanga rirufasha mu gucunga uko ikirere kifashe.

Amakuru nk’ayo ni ingenzi ku gihugu gifite abaturage batunzwe ahanini n’ubuhinzi bwifashisha amazi y’imvura.

IGIHE ivuga ko icyuma cyuzuye muri Rwamagana ari kimwe mu bindi bizahubakwa mu gihe gito kiri imbere.

TAGGED:AmakurufeaturedIbyogajuruIkirereRwamagana
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Musanze: Umugabo Yishwe N’Urwagwa
Next Article Kigali: Barasaba Leta Kongerera Amahirwe Abana Barwaye Autism
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Musanze: Bafatanywe Litiro 1000 Z’Inzoga Itemewe

Amerika Yatwitse Ubundi Bwato Bwa Venezuela

AFC/M23 Irashaka Gushinga Igisirikare Cy’Umwuga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbukungu

Kagame Yayoboye Inama Y’Abaminisitiri Yibanze Ku Biciro By’Amashanyarazi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?