Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufatanye Bw’Afurika N’Ubushinwa Buzakomeza Gutera Imbere- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubufatanye Bw’Afurika N’Ubushinwa Buzakomeza Gutera Imbere- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 September 2024 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yabwiye bagenzi bari mu Bushinwa mu nama iri kubahuza na mugenzi wabo uyobora Ubushinwa ko nubwo hari ibigoye biri ku isi, ariko hari n’amahirwe yo kubivamo.

Avuga ko ubufatanye hagati y’impande zombi ari bwo buzatuma ibyo bibazo Afurika ibisohokamo.

Yagize ati: “ Ku isi haduka ibibazo bitandukanye ariko nanone ntihabura amahirwe aboneka hirya no hino. Nizera ko ubufatanye hagati yacu n’Ubushinwa buzatuvana muri ibyo bibazo twemye”.

Kagame yabwiye abitabiriye iyi nama ko kuva Afurika yatangira gukorana bya hafi n’Ubushinwa, yateye intambwe igaragara mu by’inganda, abaturage babwo barushaho gukorana n’Abanyafurika.

Avuga ko Afurika ikwiye gukomereza muri uwo mujyo, ikaba umugabane uzi kubyaza umusaruro imikoranire yawo n’Ubushinwa mu mishinga itatu yagenwe na Perezida Xi w’Ubushinwa.

Perezida Kagame avuga ko kugira ngo amajyambere agere ku batuye Afurika ari ngombwa ko imiyoborere ikomeza kuba myiza, abaturage bagahabwa umwanya mu bibakorwa.

Asanga ari ngombwa cyane ko abayobozi bakorana hagati yabo mu nyungu zabo bayoboye.

Perezida Paul Kagame mu ijambo rye yavuze ubwo yayoboraga ibiganiro byahuzaga ubuyobozi bukuru bw’Ubushinwa n’Abakuru b’ibihugu bya Afurika, yavuze ko abaturage ari bo bakwiye kuza ku mwanya wa mbere.

Indi wasoma:

Umubano W’u Bushinwa N’Afurika Ukomeje Kwaguka

TAGGED:AfurikafeaturedKagameUbufatanyeUbushinwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umushahara Wa Perezida Wa FERWAFA Wazamuwe Cyane
Next Article Mu Rukiko Musonera Yagaragaje Gupfobya Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu RwandaUbutabera

Ruhango: Abasaza Babiri Bagiye Kwiba Umwe Arahagwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Polisi Ikomeje Gufata Abakiliya B’Abacukura Amabuye Y’Agaciro Batabyemerewe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?