Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubufatanye Bw’Afurika N’Ubushinwa Buzakomeza Gutera Imbere- Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ubufatanye Bw’Afurika N’Ubushinwa Buzakomeza Gutera Imbere- Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 05 September 2024 12:46 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Perezida Kagame yabwiye bagenzi bari mu Bushinwa mu nama iri kubahuza na mugenzi wabo uyobora Ubushinwa ko nubwo hari ibigoye biri ku isi, ariko hari n’amahirwe yo kubivamo.

Avuga ko ubufatanye hagati y’impande zombi ari bwo buzatuma ibyo bibazo Afurika ibisohokamo.

Yagize ati: “ Ku isi haduka ibibazo bitandukanye ariko nanone ntihabura amahirwe aboneka hirya no hino. Nizera ko ubufatanye hagati yacu n’Ubushinwa buzatuvana muri ibyo bibazo twemye”.

Kagame yabwiye abitabiriye iyi nama ko kuva Afurika yatangira gukorana bya hafi n’Ubushinwa, yateye intambwe igaragara mu by’inganda, abaturage babwo barushaho gukorana n’Abanyafurika.

Avuga ko Afurika ikwiye gukomereza muri uwo mujyo, ikaba umugabane uzi kubyaza umusaruro imikoranire yawo n’Ubushinwa mu mishinga itatu yagenwe na Perezida Xi w’Ubushinwa.

Perezida Kagame avuga ko kugira ngo amajyambere agere ku batuye Afurika ari ngombwa ko imiyoborere ikomeza kuba myiza, abaturage bagahabwa umwanya mu bibakorwa.

Asanga ari ngombwa cyane ko abayobozi bakorana hagati yabo mu nyungu zabo bayoboye.

Perezida Paul Kagame mu ijambo rye yavuze ubwo yayoboraga ibiganiro byahuzaga ubuyobozi bukuru bw’Ubushinwa n’Abakuru b’ibihugu bya Afurika, yavuze ko abaturage ari bo bakwiye kuza ku mwanya wa mbere.

Indi wasoma:

Umubano W’u Bushinwa N’Afurika Ukomeje Kwaguka

TAGGED:AfurikafeaturedKagameUbufatanyeUbushinwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Umushahara Wa Perezida Wa FERWAFA Wazamuwe Cyane
Next Article Mu Rukiko Musonera Yagaragaje Gupfobya Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

FERWAFA Yagennye Umubare Mushya W’Abanyamahanga Mu Ikipe Yitabiriye Shampiyona

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Icyo Abazasiganwa Mu Irushanwa Ry’Isi Ry’Amagare Bavuga Ku Mihanda Y’u Rwanda

Groupe Kassav Niyo Izasusurutsa Abazita Ingagi Amazina

Twishimiye Drones Zitwara Abagenzi-Kagame Avuga Ku Ikoranabuhanga Mu By’Indege

Amerika Ikomeje Kureshya DRC Ku Byerekeye Amabuye Y’Agaciro

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Nyamasheke: Yahitanywe N’Ikiraro Cyamuvunikiyeho Avuye Kunywa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?