Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuhinde: Umuvundo Waguyemo Abantu 50
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuhinde: Umuvundo Waguyemo Abantu 50

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 July 2024 3:19 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Muri Leta ya Uttar Pradesh mu Buhinde habereye umuvundo w’abantu bari baje gusenga barakandagirana hapfa abagera kuri 50.

Hari ubwoba ko uyu mubare waza kwiyongera kuko hari n’abavuga ko hapfuye abantu 60.

Umuyobozi wo mu gace byabereyemo avuga ko mubahitanywe n’uyu muvundo harimo abagore 20.

Polisi ivuga ko yatangije iperereza ngo hamenyekane neza icyihishe inyuma y’ibi byago.

Ikihutiwe ariko ni ugutanga ubufasha ku bavunikiye n’abakomerekeye muri iyo vuruguvurugu.

Impanuka nk’izo zikunze kuba ahantu hateraniye abantu benshi baje gusenga.

N’i Maka muri Arabiya Sawudite bijya bihaba abantu bakahabyiganira umwuka ugahera.

 

TAGGED:UbuhindeUmuvundo
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ibyago U Rwanda Rwagize Ni Abayobozi B’Abapumbafu- Kagame
Next Article Umukandida Habineza Arashinja Akarere Ka Ngoma Kumubangamira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

Abangilikani Bizihije Imyaka 100 Ishize Bageze Mu Rwanda

Misiri Irashaka Gukaza Umutekano Ku Mupaka Wayo Na Gaza

Kacyiru Hari Gusizwa Ibibanza Bizubakwamo Inzu Ndende ‘Koko’

Rwanda: Abohereza Ikawa Mu Burayi Basabwe Gukurikiza Ibyo Bushaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Miliyari Frw 135 Zishyirwa Mu Kugaburirira Abana Ku Ishuri Buri Mwaka-Min. Bagabe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Sassou Nguesso Ari i Kinshasa Mu Bukwe Bw’Umukobwa Wa Tshisekedi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Kabila Yasabiwe Urwo Gupfa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?