Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukene Bwabujije Amavubi Y’Abagore Kwitabira CECAFA
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
ImikinoMu Rwanda

Ubukene Bwabujije Amavubi Y’Abagore Kwitabira CECAFA

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 14 June 2025 8:12 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Amikoro make niyo yabujije ikipe y’igihugu y’abagore kwitabira irushanwa  amakipe y’abagore y’ibihugu byo muri Afurika y’Uburasirazuba n’iyo Hagati azabera muri Tanzania.

Ni irushanwa ryitwa  ‘CECAFA Senior Women’s Championship’ rizatangira tariki 21, Kamena, 2025.

Rizitabirwa n’ibihugu bine ni ukuvuga Tanzania yaryakiriye, Uganda, Kenya, u Burundi na Sudani y’Epfo, u  Rwanda rwo rwavuyemo kubera ubukene.

Nubwo  FERWAFA yabwiye bagenzi bacua ba IGIHE ko impamvu byagoye ayo mavubi kwitabira ari uko yatumiwe bitinze, ku rundi ruhande amakuru avuga ko impamvu ifatika ari amikoro make.

Abo muri FERWAFA bagira bati: “Byari bigoye kuko twandikiwe tariki 30 Gicurasi, dusabwa gusubiza mu masaha 48 ko tuzitabira kandi bakatubwira ko irushanwa rizatangira tariki ya 11, Kamena. Ubwo se ntitwaba tugiye kubeshyanya, mu minsi icyenda waba witeguye?”

Mu yandi magambo, mu minsi icyenda ntabwo Amavubi yari bube yarangije kwitegura, afite byose birimo nayo mikoro ngo abe yageze aho azakinira kandi yikwije.

Amakuru yandi avuga ahubwo ko ikintu cyatambamiye iyo myiteguro mu by’ukuri ari amafaranga yabuze.

Ntituramenya ingano y’amafaranga yari akenewe ngo iyi kipe y’igihugu y’abagore yitabire iyo mikino.

Kugeza ubu, imikino imaze gukinwa muri ‘CECAFA Senior Women’s Championship’, ni uwo Burundi bwatsinze Uganda 1-0 n’uwo Tanzania yatsindiyemo Sudani y’Epfo ibitego 4-0.

 

TAGGED:AbagoreAmikoroCECAFAIrushanwa
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Iran Yihimuye Kuri Israel
Next Article Ingo Mbonezamikurire Zigiye Guhabwa Ubushobozi Nk’Ubw’Amashuri Y’Incuke
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Arashinja Polisi Kumubuza Kwiyamamaza

Abanyarwanda Barashukwa Bakaza Mu Bushinwa Bakisanga Mu Bucakara- Amb Kimonyo 

Kagame Yibukije Ingabo Z’u Rwanda Kuzibukira Ubusinzi

Hamas Irashaka Igihe Cyo Gusesengura Gahunda Y’Amahoro Yateguwe Na Trump

Airtel Rwanda Yahawe Umuyobozi Mushya

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Yabwiye Abateguye UCI Ko Bahawe Ikaze Mu Rwanda Igihe Cyose Bazashakira

Abangavu B’Abanyarwakazi Batsinzwe Bahabwa Amadolari

Amasezerano Y’u Rwanda N’Ibirwa Bya Trinidad And Tobago Mu Bwikorezi

Rwanda: Umunya Slovenia Atwaye Isiganwa Ry’Isi Mu Bagabo Batwara Igare

Ubushinwa: Huzuye Ikiraro Cya Mbere Kiri Ku Butumburuke Buruta Ubundi Ku Isi

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Tombola Inzozi Lotto Yahagaritswe Gukorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Hafi Kimwe Cya Kabiri Cy’Ibyo u Rwanda Rwohereza Mu Muhanga Gikomoka Ku Buhinzi- PM Nsengiyumva

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu Rwanda

U Rwanda Rugiye Gushinga Ikigo Gitoza Gukumira Ibitero By’Ikoranabuhanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'AmahangaUbukungu

Hatangijwe Ihuriro Ry’Abashoramari Bo Mu Bwongereza Bakorera Mu Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?