Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbukungu

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 17 September 2025 4:32 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’imari n’igenamigambi n’Ikigo cy’igihugu cy’ibarurishamibare yatangaje ko mu gihembwe cya kabiri cy’ingengo y’imari ubukungu bw’u Rwanda bwazamutse kuri 7.8%.

Ni ijanisha ryo hejuru urebye uko byari bimeze mu gihembwe cyabanje kuko ryari 6.5%.

Muri icyo gihembwe kandi, umusaruro mbumbe w’igihugu ni ukuvuga agaciro mu mafaranga k’iby’abantu bakoreye mu Rwanda wageze kuri Miliyari Frw 5,700.

Urwego rwa serivisi nirwo rwazamuye uyu mubare kuko rwihariye 50%, naho ubuhinzi bugira uruhare rwa 23%, inganda zigira uruhare rwa 21% izindi nzego zisaranganya 5% isigaye.

Inzego zishinzwe ubukungu bw’u Rwanda zivuga ko iyo mibare yerekana ko buri rwego mu zivugwa aha rwazamuye urwego kuko nk’ubuhinzi bwari bufite 8%, inganda zizamukaho 7% n’aho serivisi zizamukaho 9%.

Hari raporo igaragaza ko ibyo u Rwanda rwohereje hanze nabyo bizamuka, bigatanga icyizere ko ubukungu bw’igihugu buhagaze neza.

Icyakora ibyo rutumiza hanze biracyari byinshi ugereranyije n’ibyo rwoherezayo.

TAGGED:featuredImibareMinisiteriUbuhinziUbukunguUbworozi
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber
Next Article Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ingabo Z’u Rwanda Zasinyanye N’Iz’Ubushinwa Amasezerano Y’Ubufatanye

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?