Minisiteri y’ubuhinzi n’ubworozi yasanze ari ngombwa ko ubworozi bw’amafi bushyirwa mu bwishingizi kugira ngo bwongerwemo ishoramari bityo ibiyaga by’u Rwanda bibyazwe ‘umusaruro ukwiye.’ Aborozi b’amafi mu...
Mu ijoro ryo kuri uyu wa Kane Taliki 03, Ugushyingo, 2022 ingurube 15 zirimo iz’ubwoko butigeze buba mu Rwanda bita Duroc zagejejwe ku kibuga cy’indege cya...
Birashoboka ko ari we Perezida wa Repubulika iyo ari yo yose ugaragaye mu murima ari guhingana n’umugore we. Uwo ni Perezida w’u Burundi Evariste Ndayishimiye wahinganaga...
Aborozi b’ingurube bibumbiye mu ihuriro bise Rwanda Pig Farmers Association bavuga ko kimwe mu bibazo bikomeye bafite ari uko ibiryo by’ingurube bigihenze ndetse ngo n’ibihari ubuziranenge...
Minisitiri w’Intebe Dr Edouard Ngirente avuga ko u Rwanda rwasanze ari ngombwa ko rutunganya imbuto rukenera kugira ngo rwirinde guhora rugura izo hanze yarwo kuko zaruhendaga....