Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubunyarwanda Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubunyarwanda Muri Mozambique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2021 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ubwa mbere Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique Major General Innocent Kabandana yagaragaye imbere y’itangazamakuru ashima abagabo n’abagore b’intwari ayoboye. Ni nyuma y’urugamba rwo kubohoza umujyi wa Mocímboa da Praia wari umaze imyaka myinshi ari indiri y’abarwanyi bigaruriye kariya gace.

Major General Innocent Kabandana i Mozambique

Yabashimiye uko bitwaye kandi bagikomeje kwitwara neza mu ntambara bakirwana n’ibyihebe Amerika yise ISIS Mozambique.

Amafoto RBA yatangaje yerekana Major General Innocent Kabandana aha ikiganiro abanyamakuru ariko n’andi yerekana abasirikare n’abapolisi bafasha abaturage bahunze imirwano gusekura ibinyampeke kandi bishimanye.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga aherutse kubwira Taarifa ko akazi kazo katararangira.

Avuga kimwe mu bikomeye bisigaye ari ugufasha Mozambique kubaka inzego .

Abanyamakuru babwiwe ko Ingabo na Polisi by’u Rwanda zababaye hafi
Abasikare bakuru n’umuyobozi mukuru muri Polisi baha ikiganiro abanyamakuru.
Gen Kabandana ateze amatwi ibibazo by’abanyamakuru
Cyari ikiganiro cyo kwishimira intsinzi
Imodoka za gisirikare za RDF ku kibuga cya Mocímboa da Praia
Ingabo z’u Rwanda zisuhuza abaturage
TAGGED:featuredGeneralInnocent KabandanaMozabiMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Raporo Nshya Yatanze Impuruza Ku Izamuka Ry’Ubushyuhe Ku Isi
Next Article Umuyobozi Muri Gakenke Afunzwe Akurikiranyweho Gutema Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Marco Rubio Yagiye Muri Israel Gucyaha Netanyahu

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

Abayapani 100,000 Bagize Imyaka 100, Ibintu Bitigeze Biba Ahandi

Congo: ADF Yishe Abantu 102

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Rwanda: Bidatinze Drones Zizageza Ibicuruzwa Mu Ngo

Ishyaka CCM Ryemeje Suluhu Nk’Umukandida Mu Matora Ya Perezida

Miliyari Frw 2 Rayon Iteganya Gukoresha Muri Shampiyona Zizava He?

RIB Ibakurikiranyeho Gukoresha Telefoni Bagatekera Abandi Umutwe

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rushyigikiye Ko Palestine Yigenga Byuzuye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

REMA Irakataje Mu Gupima Ubuziranenge Bw’Ibyuka Biva Mu Binyabiziga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbuzima

Urubyiruko Rw’U Rwanda Ruriyahura Cyane-RBC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbutabera

Gusomera Kabila Byasubitswe, Hari Ibigiye Gusubirwamo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?