Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubunyarwanda Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubunyarwanda Muri Mozambique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2021 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ubwa mbere Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique Major General Innocent Kabandana yagaragaye imbere y’itangazamakuru ashima abagabo n’abagore b’intwari ayoboye. Ni nyuma y’urugamba rwo kubohoza umujyi wa Mocímboa da Praia wari umaze imyaka myinshi ari indiri y’abarwanyi bigaruriye kariya gace.

Major General Innocent Kabandana i Mozambique

Yabashimiye uko bitwaye kandi bagikomeje kwitwara neza mu ntambara bakirwana n’ibyihebe Amerika yise ISIS Mozambique.

Amafoto RBA yatangaje yerekana Major General Innocent Kabandana aha ikiganiro abanyamakuru ariko n’andi yerekana abasirikare n’abapolisi bafasha abaturage bahunze imirwano gusekura ibinyampeke kandi bishimanye.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga aherutse kubwira Taarifa ko akazi kazo katararangira.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga kimwe mu bikomeye bisigaye ari ugufasha Mozambique kubaka inzego .

Abanyamakuru babwiwe ko Ingabo na Polisi by’u Rwanda zababaye hafi
Abasikare bakuru n’umuyobozi mukuru muri Polisi baha ikiganiro abanyamakuru.
Gen Kabandana ateze amatwi ibibazo by’abanyamakuru
Cyari ikiganiro cyo kwishimira intsinzi
Imodoka za gisirikare za RDF ku kibuga cya Mocímboa da Praia
Ingabo z’u Rwanda zisuhuza abaturage
TAGGED:featuredGeneralInnocent KabandanaMozabiMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Raporo Nshya Yatanze Impuruza Ku Izamuka Ry’Ubushyuhe Ku Isi
Next Article Umuyobozi Muri Gakenke Afunzwe Akurikiranyweho Gutema Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?