Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubunyarwanda Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubunyarwanda Muri Mozambique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2021 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ubwa mbere Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique Major General Innocent Kabandana yagaragaye imbere y’itangazamakuru ashima abagabo n’abagore b’intwari ayoboye. Ni nyuma y’urugamba rwo kubohoza umujyi wa Mocímboa da Praia wari umaze imyaka myinshi ari indiri y’abarwanyi bigaruriye kariya gace.

Major General Innocent Kabandana i Mozambique

Yabashimiye uko bitwaye kandi bagikomeje kwitwara neza mu ntambara bakirwana n’ibyihebe Amerika yise ISIS Mozambique.

Amafoto RBA yatangaje yerekana Major General Innocent Kabandana aha ikiganiro abanyamakuru ariko n’andi yerekana abasirikare n’abapolisi bafasha abaturage bahunze imirwano gusekura ibinyampeke kandi bishimanye.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga aherutse kubwira Taarifa ko akazi kazo katararangira.

Avuga kimwe mu bikomeye bisigaye ari ugufasha Mozambique kubaka inzego .

Abanyamakuru babwiwe ko Ingabo na Polisi by’u Rwanda zababaye hafi
Abasikare bakuru n’umuyobozi mukuru muri Polisi baha ikiganiro abanyamakuru.
Gen Kabandana ateze amatwi ibibazo by’abanyamakuru
Cyari ikiganiro cyo kwishimira intsinzi
Imodoka za gisirikare za RDF ku kibuga cya Mocímboa da Praia
Ingabo z’u Rwanda zisuhuza abaturage
TAGGED:featuredGeneralInnocent KabandanaMozabiMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Raporo Nshya Yatanze Impuruza Ku Izamuka Ry’Ubushyuhe Ku Isi
Next Article Umuyobozi Muri Gakenke Afunzwe Akurikiranyweho Gutema Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

U Rwanda Mu Mboni Z’Umwanditsi Muri National Geographic

DJ Toxxyk Yongeye Gutakambira Urukiko

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

Burundi: Hari Ibice Biri Kuba Ubutayu Kubera Amapfa

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?