Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubunyarwanda Muri Mozambique
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Ububanyi n'Amahanga

Ubunyarwanda Muri Mozambique

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 August 2021 7:51 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ni ubwa mbere Umugaba w’Ingabo z’u Rwanda muri Mozambique Major General Innocent Kabandana yagaragaye imbere y’itangazamakuru ashima abagabo n’abagore b’intwari ayoboye. Ni nyuma y’urugamba rwo kubohoza umujyi wa Mocímboa da Praia wari umaze imyaka myinshi ari indiri y’abarwanyi bigaruriye kariya gace.

Major General Innocent Kabandana i Mozambique

Yabashimiye uko bitwaye kandi bagikomeje kwitwara neza mu ntambara bakirwana n’ibyihebe Amerika yise ISIS Mozambique.

Amafoto RBA yatangaje yerekana Major General Innocent Kabandana aha ikiganiro abanyamakuru ariko n’andi yerekana abasirikare n’abapolisi bafasha abaturage bahunze imirwano gusekura ibinyampeke kandi bishimanye.

Umuvugizi w’Ingabo z’u Rwanda Col Ronald Rwivanga aherutse kubwira Taarifa ko akazi kazo katararangira.

Avuga kimwe mu bikomeye bisigaye ari ugufasha Mozambique kubaka inzego .

Abanyamakuru babwiwe ko Ingabo na Polisi by’u Rwanda zababaye hafi
Abasikare bakuru n’umuyobozi mukuru muri Polisi baha ikiganiro abanyamakuru.
Gen Kabandana ateze amatwi ibibazo by’abanyamakuru
Cyari ikiganiro cyo kwishimira intsinzi
Imodoka za gisirikare za RDF ku kibuga cya Mocímboa da Praia
Ingabo z’u Rwanda zisuhuza abaturage
TAGGED:featuredGeneralInnocent KabandanaMozabiMozambiqueRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Raporo Nshya Yatanze Impuruza Ku Izamuka Ry’Ubushyuhe Ku Isi
Next Article Umuyobozi Muri Gakenke Afunzwe Akurikiranyweho Gutema Umugore We
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?