Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Bwafunze Undi Munyamerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uburusiya Bwafunze Undi Munyamerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 June 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Travis Leake ni Umunyamerika ufungiye mu Burusiya akurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge mu rubyiruko.

Afunzwe hashize igihe gito umugore w’Umunyamerika wamamaye mu mukino wa Basket witwa Britney Grinner afunzwe nawe azira urumogi, ariko akaza kurekurwa nyuma y’ibiganiro bikomeyehagati ya Washington na Moscow.

Leake we ahakana ibyo ashinjwa mu gihe Grinner we yavugaga ko urumogi bamushinjaga wemeraga ko arufite ariko ari umuti yahawe n’abaganga ngo bizamufashe kuko ababara mu ngingo n’umukinnyi wa Basket wabigize umwuga.

Travis Leake ashinjwa gushyiraho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge cyane cyane mu rubyiruko.

Yakatiwe kuba afunzwe by’agateganyo.

Ikindi gituma uyu mugabo agira umwihariko muri iki kibazo ni uko yigeze kuba umusirikare mu bamanukira mu mitaka.

I Moscow kandi bavuga ko uyu muntu asanzwe ari umunyamuzika.

CNN yanditse ko uriya Munyamerika yari amaze igihe runaka atuye mu Burusiya, aro n’aho akorera.

Ibiro by’Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga bivuga ko iby’ifatwa ry’uriya Munyamerika wabaga mu Burusiya byabimenye ariko ko nta byinshi byabitangazaho kubera ko hari ibiri

Travis Leake we ahakana ibyo aregwa byose, akavuga ko nta ruhare afite urwo ari rwo rwose mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge ribera mu Burusiya.

TAGGED:AmerikaBasketBurusiyafeaturedGufungwaIbiroUmunyamerika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abashoramari B’i Burayi Bagiye Kongera Imikoranire N’Abanyarwanda
Next Article Gakenke: Habarurwa Imiryango 121 Y’Abatutsi Yazimye Muri Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abana Bato Bafite Ba Nyina Bacukura Amabuye Y’Agaciro Babaho Bate?

Ikigo ICPAR Kishimira Aho Kigeze Giteza Imbere Umwuga W’Ibaruramari

Kagame Yaganiriye N’Uyobora Banki Nyafurika Y’Iterambere Bibanda Ku Mikoranire

Kuki Hari Imyanzuro u Rwanda Rwemera K’Uburenganzira Bwa Muntu Ntishyirwe Mu Bikorwa Yose

Ese Intambara Ya Amerika N’Uburayi Irashoboka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Irani: Imyigaragambyo Ikomeje Kuzengereza Leta

Nyamasheke: Yakubise Gitifu Amuziza Kumwimisha Inkunga Y’Ibiribwa

Ese Robo Zitwara Imodoka Mu Buryo Butekanye Kurusha Abantu?

Niki Cyateye Igiciro Cy’Ikawa Y’u Rwanda Kuzamuka?

U Rwanda Rusanga Imvugo Za Ndayishimiye Zibangamira Umubano Warwo N’Uburundi

You Might Also Like

Ubukungu

Hatangijwe Ubufatanye Mu Kuzamura Ubwinshi N’Ubwiza Bw’Imbuto 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Uko RDF Yakiriwe Muri Jamaica

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

U Rwanda Rwishimira Intambwe Yatewe Mu Kurwanya Igwingira Mu Bana Bato

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Minisitiri W’Intebe Yakiriye Uyobora Ikigo Mpuzamahanga Cy’Abagiraneza

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?