Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Bwafunze Undi Munyamerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uburusiya Bwafunze Undi Munyamerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 June 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Travis Leake ni Umunyamerika ufungiye mu Burusiya akurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge mu rubyiruko.

Afunzwe hashize igihe gito umugore w’Umunyamerika wamamaye mu mukino wa Basket witwa Britney Grinner afunzwe nawe azira urumogi, ariko akaza kurekurwa nyuma y’ibiganiro bikomeyehagati ya Washington na Moscow.

Leake we ahakana ibyo ashinjwa mu gihe Grinner we yavugaga ko urumogi bamushinjaga wemeraga ko arufite ariko ari umuti yahawe n’abaganga ngo bizamufashe kuko ababara mu ngingo n’umukinnyi wa Basket wabigize umwuga.

Travis Leake ashinjwa gushyiraho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge cyane cyane mu rubyiruko.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yakatiwe kuba afunzwe by’agateganyo.

Ikindi gituma uyu mugabo agira umwihariko muri iki kibazo ni uko yigeze kuba umusirikare mu bamanukira mu mitaka.

I Moscow kandi bavuga ko uyu muntu asanzwe ari umunyamuzika.

CNN yanditse ko uriya Munyamerika yari amaze igihe runaka atuye mu Burusiya, aro n’aho akorera.

Ibiro by’Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga bivuga ko iby’ifatwa ry’uriya Munyamerika wabaga mu Burusiya byabimenye ariko ko nta byinshi byabitangazaho kubera ko hari ibiri

- Advertisement -

Travis Leake we ahakana ibyo aregwa byose, akavuga ko nta ruhare afite urwo ari rwo rwose mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge ribera mu Burusiya.

TAGGED:AmerikaBasketBurusiyafeaturedGufungwaIbiroUmunyamerika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abashoramari B’i Burayi Bagiye Kongera Imikoranire N’Abanyarwanda
Next Article Gakenke: Habarurwa Imiryango 121 Y’Abatutsi Yazimye Muri Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?