Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Bwafunze Undi Munyamerika
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uburusiya Bwafunze Undi Munyamerika

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 11 June 2023 3:31 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Travis Leake ni Umunyamerika ufungiye mu Burusiya akurikiranyweho gucuruza ibiyobyabwenge mu rubyiruko.

Afunzwe hashize igihe gito umugore w’Umunyamerika wamamaye mu mukino wa Basket witwa Britney Grinner afunzwe nawe azira urumogi, ariko akaza kurekurwa nyuma y’ibiganiro bikomeyehagati ya Washington na Moscow.

Leake we ahakana ibyo ashinjwa mu gihe Grinner we yavugaga ko urumogi bamushinjaga wemeraga ko arufite ariko ari umuti yahawe n’abaganga ngo bizamufashe kuko ababara mu ngingo n’umukinnyi wa Basket wabigize umwuga.

Travis Leake ashinjwa gushyiraho ubucuruzi bw’ibiyobyabwenge cyane cyane mu rubyiruko.

Yakatiwe kuba afunzwe by’agateganyo.

Ikindi gituma uyu mugabo agira umwihariko muri iki kibazo ni uko yigeze kuba umusirikare mu bamanukira mu mitaka.

I Moscow kandi bavuga ko uyu muntu asanzwe ari umunyamuzika.

CNN yanditse ko uriya Munyamerika yari amaze igihe runaka atuye mu Burusiya, aro n’aho akorera.

Ibiro by’Umunyamabanga w’Amerika ushinzwe ububanyi n’amahanga bivuga ko iby’ifatwa ry’uriya Munyamerika wabaga mu Burusiya byabimenye ariko ko nta byinshi byabitangazaho kubera ko hari ibiri

Travis Leake we ahakana ibyo aregwa byose, akavuga ko nta ruhare afite urwo ari rwo rwose mu icuruzwa ry’ibiyobyabwenge ribera mu Burusiya.

TAGGED:AmerikaBasketBurusiyafeaturedGufungwaIbiroUmunyamerika
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abashoramari B’i Burayi Bagiye Kongera Imikoranire N’Abanyarwanda
Next Article Gakenke: Habarurwa Imiryango 121 Y’Abatutsi Yazimye Muri Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Yarashe Afande We Amuziza Kumurira Amafaranga

Hari Abayobozi Muri Guverinoma Bagiye Gusuzumisha Imyotsi Yo Mu Modoka Zabo

Suluhu Yatangajwe Ko Yatsinze Amatora Y’Umukuru W’Igihugu

Abanyamakuru Bashyiriweho Aho Batemerewe Mu Biro Bya Trump

Uruhare Rw’Abaturage Mu Bibakorerwa Nirwo Rwego Rwongereye Amanota Abaturage Baha Inzego

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

DRC: Amakamyo 100 Yaheze Mu Byondo

Hari Isezerano BK Iha Abafite Inganda Z’Ikawa…

Trump Arashaka Gukura Ubushinwa Ku Ntebe Y’Isi Mu Kugura Amabuye Y’Agaciro ‘Adasanzwe’

Kwibwira Ko Umushinga Mwiza Wose Ukwiye Inguzanyo Ni Ukwibeshya-Patience Mutesi Uyobora BPR

Zaria Igiye Kubona Umufatanyabikorwa Ukomeye

You Might Also Like

Mu mahanga

Perezida W’Ubushinwa Yasabye Amerika Kubaha Ubukungu Bw’Igihugu Cye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Muramu Wa Vital Kamerhe Niwe Mukandida Wo Kumusimbura Kuyobora Inteko

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Mu Bufaransa Haraba Inama Ikomeye Ku Bibazo Biri Mu Karere u Rwanda Ruherereyemo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Tanzania: Mu Matora Y’Uwasimbura Samia Suluhu Havutse Imvururu Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?