Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uburusiya Bwasohoye Intwaro Za Kirimbuzi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uburusiya Bwasohoye Intwaro Za Kirimbuzi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 29 February 2024 9:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Kuri X hatangarijwe amashusho y’ibisasu bya kirimbuzi byikorewe n’imodoka za gisirikare z’Uburusiya.

Aya mashusho atangajwe hashize igihe gito uwahoze ari Perezida w’iki gihugu akaba na Minisitiri w’Intebe Dmitry Anatolyevich Medvedev atangaje ko igihe cyose Amerika n’Abanyaburayi bazatesha Uburusiya agaciro k’uburyo buhanagurwa ku isi, buzasiga buyitwikishije ibisasu bya kirimbuzi.

Amashusho ari kuri X arerekana ibi bisasu bizengurutswa ibice bitandukanye by’Umurwa mukuru Moscow kandi ngo bizagezwa n’ahandi mu mijyi minini y’iki gihugu kinini mu buso kurusha ibindi ku isi.

Iki gikorwa kandi gikozwe mu gihe mu nama y’ibihugu bikize kurusha ibindi ku isi ya G20 iheruka, ibindi bihugu bikize byabwiye Uburusiya ko kuba bukomeje gutesha umutwe Ukraine bizabugaruka.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari n’ibihano by’inyongera Amerika n’Uburayi biherutse gutangaza ko bizafatira ubutegetsi bwa Putin.

Andi makuru kandi avuga ko Amerika iherutse guha Ukraine izindi ntwaro zo gukomeza guhangana n’Uburusiya.

Mu Byumweru nka bibiri bishize, ingabo za Ukraine zishe abasirikare benshi b’Uburusiya zibarashe missile ubwo bari bari kumva amabwiriza y’umwe mu bayobozi babo.

Ni igikorwa cya gisirikare cyagizwemo uruhare n’ubutasi bwa Amerika binyuze mu gusangiza amakuru igisirikare cya Ukraine, ibi byose hamwe n’ibindi bikaba biri mu bishobora kuba biri kurakaza Putin.

Hashize iminsi itanu imyaka ibiri yuzuye intambara Uburusiya bwagabye kuri Ukraine itangiye, kandi iracyakomeje.

- Advertisement -

Ukraine yo ivuga ko izakomeza kwihagararaho kandi igasaba amahanga kwereka Uburusiya ko bwakoze ikosa rikomeye ubwo bwayitangizagaho intambara taliki 24, Gashyantare, 2023.

BREAKING: Vladimir Putin is moving nuclear weapons across Russia. WATCH pic.twitter.com/tAMFFxYIeX

— Simon Ateba (@simonateba) February 28, 2024

TAGGED:BurusiyaIbisasuIntambaraPutinUkraine
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article RDF Na Polisi Bagiye Gutangiza Ukwezi Ko Guteza Imbere Abaturage
Next Article Banki Y’Isi Yakebuye Guverinoma Y’u Rwanda
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Mpambara Yashimye Ubutwari Abagore Bafashwe Ku Ngufu Muri Jenoside Bagize

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Ikawa Yatambutse Ku Cyayi Mu Kwinjiriza u Rwanda Amadovize

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu mahangaMu Rwanda

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?