Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinjacyaha Burashaka Ko Barikana Afungwa Imyaka Ibiri
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu RwandaUbutabera

Ubushinjacyaha Burashaka Ko Barikana Afungwa Imyaka Ibiri

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 23 May 2024 12:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu rukiko rw’ibanze rwa Nyarugenge habereye iburanisha ku ifungwa n’ifungurwa by’agateganyo mu rubanza Ubushinjacyaha buregamo Eugene Barikana wahoze ari Umudepite akaba aherutse gusanganwa ibisasu birimo birimo na Grenade.

Ku ruhande rwa Barikana, we yemera icyaha akinginga urukiko ko yakurirwaho ibihano ariko ubushinjacyaha bwo bukamusabira gufungwa imyaka ibiri.

Biteganyijwe ko icyemezo cy’Urukiko kizasomwa ku wa Gatatu tariki ya 29 Gicurasi 2024.

RIB yafunze Eugene Barikana nyuma yo kumusangana amasasu na grenade yari atunze mu buryo ubugenzacyaha buvuga ko butari bukurikije amategeko.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Gufungwa kwe kwabaye nyuma gato y’uko yeguye ku mwanya wa Depite

Agifatwa, Barikana Eugene yabwiye RIB ko izo ntwaro yazitunze akibana n’abasirikare yibagirwa kuzisubiza.

Urukiko rumuhamije ibyaha ubushinjacyaha bumurega, Barikana yafungwa umwaka umwe cyangwa ibiri agatanga n’ihazabu iri hagati ya miliyoni Frw 1 na miliyoni Frw 2 cyangwa kimwe muri ibyo bihano.

TAGGED:BarikanafeaturedUbugenzacyaha
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Kenya Igiye Kugirwa Umunyamuryango Udahoraho Wa OTAN
Next Article Radiant Yatashye Inyubako Yayo Nshya Ya Miliyari Frw 22
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUmutekano

Nyarugenge: Bafatanywe Ubwoko 31 Bw’Amavuta Yangiza Uruhu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?