Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Burashinjwa Gutera Amerika Mu Buryo Bw’Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubushinwa Burashinjwa Gutera Amerika Mu Buryo Bw’Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 11:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamerika bikomye Ubushinwa nyuma y’igitero bavuga ko gikomeye babagabyeho. Ni igitero cy’ikoranabuhanga kibasiye ibikorwaremezo bya Amerika, Canada n’Ubwongereza.

Ibyo bikorwaremezo birimo n’ibirindiro by’ingabo z’Amerika biri mu kirwa cya Guam kiri mu Nyanja ya Pacifique.

Inyanja ya Pacifique niyo ngari kurusha izindi ku isi.

Muri Amerika bavuga ko mu minsi mike ishize hari igitero  gikomeye cy’ikoranabuhanga cyagabwe kuri Amerika, Ubwongereza na Canada.

RFI yanditse ko ubutasi bw’Amerika basanze cyarakozwe n’abahanga bibumbiye mu kitwa Volt Typhoon, bakaba baterwa inkunga n’Ubushinwa.

Abahanga mu ikoranabuhanga bo muri Microsoft bavuga ko abagabye kiriya gitero bibasiye n’ibindi bikorwaremezo birebana n’ubwikorezi, ingabo, Guverinoma n’ibikorwaremezo by’ikoranabuhanga.

Ikindi ni uko basanze abagabye kiriya gitero, bari barakoze uko bashoboye ngo bitazapfa kugaragara kandi mu gihe kirekire.

Ni uburyo bita ‘Living off the Land ‘ cyangwa  LoTL mu magambo ahinnye.

Ibi ariko Ubushinwa bwabyise ‘kurangaza abantu’. Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubushinwa witwa Mao Ning yabwiye abanyamakuru ko ibyo Amerika ivuga ari ukurangaza abantu no guharabikana, ikabikorana n’inshuti zayo zigize ikitwa Five Eyes.

TAGGED:AmerikaBushinwafeaturedIgiteroIkoranabuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage Barashinja Netanyahu Kubateranya N’Amerika
Next Article Fulgence Kayishema Umaze Imyaka Myinshi Yihisha Kubera Jenoside YAFASHWE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inteko Y’U Rwanda Yikomye Iy’Ubumwe Bw’Uburayi

Ubwumvikane Bwa Amerika N’Ubushinwa Ku Ikoreshwa Rya TikTok

Minisitiri W’Intebe W’Ubufaransa Mushya Azanye Amatwara Adasanzwe

Inteko Iratangaza Icyemezo Ku Byo Iy’Uburayi Iherutse Kuvuga Ku Rwanda

Muntoye Nagarurira Kenya Icyubahiro Yahoranye Kubwa Kibaki- Gachagua

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

You Might Also Like

Mu mahangaUbuzima

DRC: Batangiye Gukingira Ebola

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Umuco Nyarwanda Wamurikiwe Muri Koreya Y’Epfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Umuturage Wa Israel Akurikiranyweho Kunekera Iran

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Ikipe y’u Rwanda Ya Volley Yatangiye Igikombe Cya Afurika Itsindwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?