Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Burashinjwa Gutera Amerika Mu Buryo Bw’Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubushinwa Burashinjwa Gutera Amerika Mu Buryo Bw’Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 25 May 2023 11:19 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abanyamerika bikomye Ubushinwa nyuma y’igitero bavuga ko gikomeye babagabyeho. Ni igitero cy’ikoranabuhanga kibasiye ibikorwaremezo bya Amerika, Canada n’Ubwongereza.

Ibyo bikorwaremezo birimo n’ibirindiro by’ingabo z’Amerika biri mu kirwa cya Guam kiri mu Nyanja ya Pacifique.

Inyanja ya Pacifique niyo ngari kurusha izindi ku isi.

Muri Amerika bavuga ko mu minsi mike ishize hari igitero  gikomeye cy’ikoranabuhanga cyagabwe kuri Amerika, Ubwongereza na Canada.

RFI yanditse ko ubutasi bw’Amerika basanze cyarakozwe n’abahanga bibumbiye mu kitwa Volt Typhoon, bakaba baterwa inkunga n’Ubushinwa.

Abahanga mu ikoranabuhanga bo muri Microsoft bavuga ko abagabye kiriya gitero bibasiye n’ibindi bikorwaremezo birebana n’ubwikorezi, ingabo, Guverinoma n’ibikorwaremezo by’ikoranabuhanga.

Ikindi ni uko basanze abagabye kiriya gitero, bari barakoze uko bashoboye ngo bitazapfa kugaragara kandi mu gihe kirekire.

Ni uburyo bita ‘Living off the Land ‘ cyangwa  LoTL mu magambo ahinnye.

Ibi ariko Ubushinwa bwabyise ‘kurangaza abantu’. Umuvugizi wa Minisiteri y’ububanyi n’amahanga y’Ubushinwa witwa Mao Ning yabwiye abanyamakuru ko ibyo Amerika ivuga ari ukurangaza abantu no guharabikana, ikabikorana n’inshuti zayo zigize ikitwa Five Eyes.

TAGGED:AmerikaBushinwafeaturedIgiteroIkoranabuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage Barashinja Netanyahu Kubateranya N’Amerika
Next Article Fulgence Kayishema Umaze Imyaka Myinshi Yihisha Kubera Jenoside YAFASHWE
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Nduhungirehe Ashimangira Ko FDLR Ikiri Ikibazo K’u Rwanda

Ingabo Za Israel Zaje Mu Rwanda, Abaganga Bayo Bajya i Burundi

Kapiteni Wa Kiyovu Sports Yahaniwe Imyitwarire Mibi

Abana Bafite Ubumuga Barakimwa Amahirwe Yo Kwiga

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

IVUGURUYE: Umuyobozi W’Ikirenga Wa Qatar Yageze i Kigali

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Nta Muntu Uri Hejuru Y’Amategeko- Rutikanga Avuga Ku Ifungwa Ry’Abanya Sudani

Igitutu Cya Trump Kuri Ukraine Ngo Ikunde Ibone Amahoro

Abajenerali 21 Ba DRC Baravugwaho Kuyigambanira

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Imirwano Hagati Ya Wazalendo Na FARDC Imaze Kugwamo Abantu 11

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ubukungu

Mu Mezi Icyenda BK Yungutse Miliyari Frw 83.5

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Israel Yishe Umuyobozi Ukomeye Wa Hezbollah Imusanze Muri Lebanon

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?