Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Bwiyemeje Gufasha DRC Guteza Imbere Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubushinwa Bwiyemeje Gufasha DRC Guteza Imbere Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 May 2023 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi bayobowe na Perezida wa DRC Felix Tshisekedi bari mu Bushinwa basinye amasezerano y’uko Ubushinwa buzafasha DRC mu iterembere mu ikoranabuhanga.

Amasezerano hagati ya Beijing na Kinshasa yasinyiwe mu mujyi wa Shenzhen uzwiho kuba icyiciro cy’ikoranabuhanga mu Bushinwa .

Ikigo cy’Abashinwa cyateye imbere mu ikoranabuhanga kitwa Huawei nicyo cyari gihagarariye Ubushinwa mu isinywa ryariya masezerano n’aho Minisiteri y’bikorwa by’ikoranabuhanga ya DRC ari yo yasinye amasezerano kuri uri ruhande.

Iyo Minisiteri yitwa le Ministre du Numérique.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Nta makuru arambuye aramenyekana ku bikubiye muri aya masezerano, icyakora bizwi ko DRC ikize ku mabuye menshi y’agaciro harimo n’ayifashishwa mu nganda zikora ibyuma by’ikoranabuhanga.

DRC ni kimwe mu bihugu bifite umutungo kamere ukenewe n’ibihugu bikize kugira ngo inganda zabyo zibone ibikoresho by’ibanze zizakoresha mu nganda zabyo.

Perezida Tshisekedi niwe wari uyoboye itsinda rya DRC.
TAGGED:BushinwaDRCIkoranabuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage Ba Centrafrique Bari Guhunga Ku Bwinshi
Next Article Bugesera: Abaturage Bongeye Gutaka Amapfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Aba Cardinals Batora Papa Bamaze Gushyira Ibintu Ku Murongo…

You Might Also Like

Mu mahanga

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?