Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubushinwa Bwiyemeje Gufasha DRC Guteza Imbere Ikoranabuhanga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubushinwa Bwiyemeje Gufasha DRC Guteza Imbere Ikoranabuhanga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 28 May 2023 2:26 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abayobozi bayobowe na Perezida wa DRC Felix Tshisekedi bari mu Bushinwa basinye amasezerano y’uko Ubushinwa buzafasha DRC mu iterembere mu ikoranabuhanga.

Amasezerano hagati ya Beijing na Kinshasa yasinyiwe mu mujyi wa Shenzhen uzwiho kuba icyiciro cy’ikoranabuhanga mu Bushinwa .

Ikigo cy’Abashinwa cyateye imbere mu ikoranabuhanga kitwa Huawei nicyo cyari gihagarariye Ubushinwa mu isinywa ryariya masezerano n’aho Minisiteri y’bikorwa by’ikoranabuhanga ya DRC ari yo yasinye amasezerano kuri uri ruhande.

Iyo Minisiteri yitwa le Ministre du Numérique.

Nta makuru arambuye aramenyekana ku bikubiye muri aya masezerano, icyakora bizwi ko DRC ikize ku mabuye menshi y’agaciro harimo n’ayifashishwa mu nganda zikora ibyuma by’ikoranabuhanga.

DRC ni kimwe mu bihugu bifite umutungo kamere ukenewe n’ibihugu bikize kugira ngo inganda zabyo zibone ibikoresho by’ibanze zizakoresha mu nganda zabyo.

Perezida Tshisekedi niwe wari uyoboye itsinda rya DRC.
TAGGED:BushinwaDRCIkoranabuhanga
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Abaturage Ba Centrafrique Bari Guhunga Ku Bwinshi
Next Article Bugesera: Abaturage Bongeye Gutaka Amapfa
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga K’Ubufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Qatar Irongera Yakire Intumwa Za DRC Na AFC/M23

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'AmahangaUmutekano

Trump Arashaka Kwicaranya Putin Na Zelensky

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Abayobozi Mu Burayi Bitabye Trump

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Andi makuruMu Rwanda

Twiyumva Muri Siyanse Kurusha Mbere-Umunyeshuri Wa KIST

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?