Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubutumwa Suluhu ‘Yageneye Abategetsi’ Nyuma Yo Gusura Urwibutso Rwa Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Ubutumwa Suluhu ‘Yageneye Abategetsi’ Nyuma Yo Gusura Urwibutso Rwa Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 August 2021 7:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi asiga atanze ubutumwa bugenewe abayobozi bo muri Afurika.

Yavuze ko abayobora Afurika bagomba kuzirikana ko kubiba amacakubiri mu bo bayobora byoreka imbaga.

Suluhu yanditse ati: “ Ibyo nabonye ni amateka kandi rero ababaje. N’ubwo ari amateka ariko ni amateka ababaje. Abayobora Afurika bagombye kubona ko amacakubiri atari ikintu cyiza mu bo bayobora. Si amahitamo meza rwose.”

Ubutumwa bwa Suluhu yatangiye ku rwibutso rwa Jenoside ruri ku Gisozi

Ubutumwa bwa Samia Suluhu Hassan bwarangiye asaba Imana gukomeza kwakira roho z’abaruhukiye kuri ruriya rwibutso mu mahoro.

Ubuyobozi bw’Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bwari buherutse kumenyesha abantu batandukanye ko ibikorwa byo kurusura bitemewe kuri uyu wa Mbere, umunsi w’uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu wa Tanzania.

Ubwo bamwerekaga amateka yaranze Jenoside yakorewe Abatutsi
TAGGED:AbatutsifeaturedSuluhuTanzaniaUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwakusanyije Miliyoni $620 Mu Mwenda Uzishyurwa Mu Myaka 10
Next Article U Bushinwa ‘Bwongeye’ Kwadukamo Ubwandu Bwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abakoresha Amadovize Bishyurana Bitemewe Bagiye Gucika-BNR

Uburusiya Bwasutse Undi Muriro Kuri Ukraine

Iterambere Ryose Ribanzirizwa N’Umutekano-Nduhungirehe

Afurika Yunze Ubumwe Igiye Gushyiraho Komisiyo Ku Masezerano Ya Kigali Na Kinshasa

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

MINAGRI Irasaba Abahinzi Kudahubukira Gutera Imyaka

Abakekwaho Kwiba Mu Isoko Rya Kimironko Bafashwe

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Nduhungirehe Yitabiriye Inama Yiga Ku Bufatanye Bw’Ubuyapani N’Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbucuruzi MpuzamahangaUbukungu

Uburundi Bugiye Gukoresha Amafaranga Y’Ubushinwa Mu Gutumiza Ibintu Hanze

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Afrobasket: Amakipe Y’U Rwanda Yatashye Amara Masa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Amerika Irashaka Gufasha DRC Guhashya Ruswa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?