Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubutumwa Suluhu ‘Yageneye Abategetsi’ Nyuma Yo Gusura Urwibutso Rwa Jenoside
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Politiki

Ubutumwa Suluhu ‘Yageneye Abategetsi’ Nyuma Yo Gusura Urwibutso Rwa Jenoside

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 03 August 2021 7:47 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Mu masaha ashyira igicamunsi cyo kuri uyu wa Mbere tariki 02, Kanama, 2021 Perezida wa Tanzania, Madamu Samia Suluhu Hassan yasuye urwibutso rwa Jenoside yakorewe Abatutsi ruri ku Gisozi asiga atanze ubutumwa bugenewe abayobozi bo muri Afurika.

Yavuze ko abayobora Afurika bagomba kuzirikana ko kubiba amacakubiri mu bo bayobora byoreka imbaga.

Suluhu yanditse ati: “ Ibyo nabonye ni amateka kandi rero ababaje. N’ubwo ari amateka ariko ni amateka ababaje. Abayobora Afurika bagombye kubona ko amacakubiri atari ikintu cyiza mu bo bayobora. Si amahitamo meza rwose.”

Ubutumwa bwa Suluhu yatangiye ku rwibutso rwa Jenoside ruri ku Gisozi

Ubutumwa bwa Samia Suluhu Hassan bwarangiye asaba Imana gukomeza kwakira roho z’abaruhukiye kuri ruriya rwibutso mu mahoro.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Ubuyobozi bw’Urwibutso rwa Jenoside rwa Kigali bwari buherutse kumenyesha abantu batandukanye ko ibikorwa byo kurusura bitemewe kuri uyu wa Mbere, umunsi w’uruzinduko rwa Perezida Samia Suluhu wa Tanzania.

Ubwo bamwerekaga amateka yaranze Jenoside yakorewe Abatutsi
TAGGED:AbatutsifeaturedSuluhuTanzaniaUrwibutso
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article U Rwanda Rwakusanyije Miliyoni $620 Mu Mwenda Uzishyurwa Mu Myaka 10
Next Article U Bushinwa ‘Bwongeye’ Kwadukamo Ubwandu Bwa COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

DRC: Impaka Ni Zose Ku Cyemezo Cyo Gucukura Petelori Mu Mariba 52

Perezida Wa Senegal Yaratiye Amahanga u Rwanda

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?