Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaPolitiki

Ubuyapani: Bwa Mbere Umugore Yabaye Minisitiri W’Intebe 

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 21 October 2025 8:42 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Sanae Takaichi yatsindiye kuba Minisitiri w’Intebe w’Ubuyapani, akaba ari we mugore wa mbere ugeze kuri uru rwego mu mateka y’iki gihugu cyo muri Aziya y’Amajyepfo ashyira Uburasirazuba.

Ku myaka 64, Minisitiri w’Intebe Sanae Takaichi aje guhindura byinshi mu byo benshi mu bamubanjirije bananiwe birimo gushyiraho Guverinoma ihuriweho n’amashyaka menshi kugira ngo Ubuyapani busohoke ku kangaratete ka Politiki bumazemo hafi imyaka 15.

Azwiho gukurikiza amahame ya Margret Thatcher, umugore wabaye Minisitiri w’Intebe wa mbere w’Ubwongereza hagati y’umwaka wa 1979 na 1990.

Takaichi abaye Minisitiri w’Intebe wa Kane mu myaka itanu, abenshi mu bamubanjirije bananiwe gushyira mu bikorwa gahunda za Leta zo zazanzahura ubukungu bukaba bwarazahajwe n’ibibazo bya Politiki byabaye mu myaka itanu ishize ubwo Ishyaka LDP ryavugwaga mu inyereza rikomeye ry’umutungo.

BBC yanditse ko Sanai Takaichi ari mu bantu bakoranaga neza na Shinzo Abe wahoze ari Minisitiri w’Intebe, akaza gupfa azize umuntu wamurashe.

Atowe mu gihe Perezida Donald Trump yitegura gusura Ubuyapani mu minsi mike iri imbere.

Uyu aherutse gutangaza ko Takaichi ari umugore w’ubwenge bwinshi no gushishoza.

Ubuhanga bwe buzagaragarira mu gutuma ubukungu bw’igihugu cye buzanzamuka kandi ibyo kitumvikanaho na Amerika bigakemuka.

TAGGED:featuredMinisitiriPolitikiUbuyapani
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Hakenewe Miliyari $ 50 Zo Gusana Gaza
Next Article Ubufaransa Bugiye Gukoresha Inama Ku Mutekano Mu Karere
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Abasora Ipatanti N’Umusoro Ku Nyungu Z’Ubukode Babyihutishe- Komiseri Muri Revenue 

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

You Might Also Like

Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Ambasaderi Busabizwa Asanga Ubutwari Atari Amagambo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Tshisekedi Yagiye Muri Leta Ziyunze Z’Abarabu Gusinya Amasezerano Mu Bucukuzi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Grammy Awards: Kendrik Lamar Yahize Abandi Baraperi Mu Bihembo Byinshi Abitse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?