Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bwa Justin Bieber Bukomeje Kumutenguha
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Imyidagaduro

Ubuzima Bwa Justin Bieber Bukomeje Kumutenguha

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 07 September 2022 2:27 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Icyamamare ku isi Justin Bieber yongeye gusubika ibitaramo yari buzakorere hirya no hino ku isi kubera uburwayi. Yatangaje ko ibitaramo yari afite hirya no hino ku isi abihagaritse kugira ngo yiyiteho kuko ubuzima bwe bukomeje kumutenguha.

Muri Kanama, 2022 yagize ikibazo cy’uko imikaya yo mu maso ye yacitse intege, irwara paralysis.

Baramusuzumye basanga arwaye indwara bita Ramsay Hunt syndrome.

Nyuma yarivuje aroroherwa ndetse asubukura ibitaramo bye, ariko yatangaje ko abaye abisubitse nanohe kuko yumva atamerewe neza.

Ngo ubuzima buruta byose, icyaba cyiza kurushaho ni uko yaruhuka ‘akumva agaruye ubuyanja.’

Uyu musore w’imyaka 28 y’amavuko ari mu byamamare bikomeye ku isi kandi bikiri bito.

Avuga  ko igitaramo aherutsemo muri Brazil cyamusizemo imvune kuko yashimishije abafana be ku rwego rwo hejuru none ngo agomba kuruhuka.

Bieber avuga ko ubwo yavaga ku rubyiniro yumvise yashize.

Ni ibyo yatangarije kuri Instagram.

Abahanga mu by’ubuzima bavuga ko kimwe mu bitera iriya ndwara yo kugira ibibazo mu isura ari umunaniro ukabije kubera ko utuma umubiri utakaza ubudahangarwa, ukaba wakwibasirwa n’indwara zitandukanye.

Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Inkende Zigiye Kwicisha Abaturage Inzara
Next Article Abantu 30 Bajyanywe Bunyago Bavuye Gushyingura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Inganda Z’Intwaro Zungutse 5.9% Kubera Intambara Ya Ukraine N’Iya Gaza

Gisagara: Bakurikiranyweho Guca Umucuruzi Ijosi

Ofisiye Ba Israel Bategetswe Gukoresha Mu Kazi iPhones Gusa 

I Rulindo Ngo Bagira Isuku Nyinshi

Indonesia: Abahitanywe N’Imyuzure Bamaze Kugera Kuri 414

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Ibya Rayon Sports Leta Yongeye Ibyinjiramo

Zelenskyy Aribaza Ukuntu Azemera Guha Uburusiya Ubutaka Bikamushobera

Ikipe Y’u Rwanda Ya Basketball Yakubiswe Incuro Ku Mukino Wa Mbere Ugana Ku Gikombe Cy’Isi

Guinea-Bissau: Perezida Umaro Sissoco Embaló Yahiritswe K’Ubutegetsi

Hong Kong: Abishwe N’Inkongi Barakabakaba 100

You Might Also Like

Imyidagaduro

Airtel-Rwanda Na Mbonyi Barabararitse Mu Gitaramo Icyambu Tour 4

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Abo YouTube Ihemba Bize Uko Ubwenge Buhangano Bwarushaho Kubungura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Umuhanzi Ruzima Yafatanywe Ikirundo Cy’Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imyidagaduro

Kitoko Bibarwa Agarutse Mu Rwanda Ari Intiti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?