Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bwa Magufuli Ntibuvugwaho Rumwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuzima Bwa Magufuli Ntibuvugwaho Rumwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2021 10:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Tanzania Bwana Kassim Majaliwa yatangaje ko Dr John Pombe Magufuli ari muzima kandi ari mu kazi ndetse ko agakorana umurava.

Majaliwa avuga ko impuha z’uko Perezida Magufuli arembeye mu Buhinde, abandi bakavuga muri Kenya ko atari byo.

Kassim Majaliwa yagize ati: “ Baturage ba Tanzania mushyira umutima hamwe, Perezida wanyu ameze neza!”

Uyu muyobozi mukuru muri Tanzania yabivugiye muri umwe mu misigiti ikomeye muri Tanzania uri ahitwa Njombe.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Hari hashize iminsi hari ‘amakuru’ avuga ko Perezida Magufuli arwaye COVID-19 kandi ko ari mu bitaro muri Kenya aho ari kuvurirwa.

Bidatinze hadutse andi makuru yavugaga ko yoherejwe kuvurirwa mu Buhinde, aya makuru yose Bwana Kassim Majaliwa yayahakanye.

Yagize ati: “ Perezida wacu agira akazi ke kandi niwe ugena uko ari bugakore, nta muntu ugomba kubaririza aho aherereye.”

Bisa n’aho Majaliwa yasubizaga Bwana Tindu Lissu uherutse kuvuga ko Leta igomba kubwira abaturage bayo aho Umukuru w’igihugu cyabo aherereye.

Kugeza ubu ariko  Bwana Majaliwa ntarererekana ibihamya byemeza ko ‘koko Magufuli’ atarwaye.

- Advertisement -
Bwana Kassim Majaliwa
TAGGED:COVID-19featuredMagufuliMajaliwaTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mwiherero Abakobwa Bazavamo Miss Babaho Bate?
Next Article Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Umusirikare Yarasiye Abantu Mu Kiliziya 

Perezida Kagame Mu Nama Na Bagenzi Be Yiga Ku Iterambere Rya Afurika

Ngirente Ashima Uruhare Rwa Rwandair Mu Guhuza Afurika

U Rwanda Rurafungura Ambasade Muri Hongrie

Rwanda: Abana Basobanukiwe Ibidukikije Bagiye Kubisangiza Abandi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

You Might Also Like

Mu RwandaUbumenyi N'Ubuhanga

Niba Utabasha Guhagarara K’Ukuguru Kumwe Mu Masogonda 10 Umenye Ko Washaje…

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Bobi Wine Agiye Kongera Kwiyamamariza Kuyobora Uganda

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutabera

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?