Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bwa Magufuli Ntibuvugwaho Rumwe
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Ubuzima Bwa Magufuli Ntibuvugwaho Rumwe

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 March 2021 10:07 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisitiri w’Intebe wa Tanzania Bwana Kassim Majaliwa yatangaje ko Dr John Pombe Magufuli ari muzima kandi ari mu kazi ndetse ko agakorana umurava.

Majaliwa avuga ko impuha z’uko Perezida Magufuli arembeye mu Buhinde, abandi bakavuga muri Kenya ko atari byo.

Kassim Majaliwa yagize ati: “ Baturage ba Tanzania mushyira umutima hamwe, Perezida wanyu ameze neza!”

Uyu muyobozi mukuru muri Tanzania yabivugiye muri umwe mu misigiti ikomeye muri Tanzania uri ahitwa Njombe.

Hari hashize iminsi hari ‘amakuru’ avuga ko Perezida Magufuli arwaye COVID-19 kandi ko ari mu bitaro muri Kenya aho ari kuvurirwa.

Bidatinze hadutse andi makuru yavugaga ko yoherejwe kuvurirwa mu Buhinde, aya makuru yose Bwana Kassim Majaliwa yayahakanye.

Yagize ati: “ Perezida wacu agira akazi ke kandi niwe ugena uko ari bugakore, nta muntu ugomba kubaririza aho aherereye.”

Bisa n’aho Majaliwa yasubizaga Bwana Tindu Lissu uherutse kuvuga ko Leta igomba kubwira abaturage bayo aho Umukuru w’igihugu cyabo aherereye.

Kugeza ubu ariko  Bwana Majaliwa ntarererekana ibihamya byemeza ko ‘koko Magufuli’ atarwaye.

Bwana Kassim Majaliwa
TAGGED:COVID-19featuredMagufuliMajaliwaTanzania
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Mu Mwiherero Abakobwa Bazavamo Miss Babaho Bate?
Next Article Abanyamadini B’I Kigali Bakingiwe COVID-19
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Rihanna Agiye Kubona Icyo Yari Yarabuze

Ubukungu Bw’u Rwanda Bwazamutseho 7.8%-MINECOFIN

Uburundi: Umunyarwanda Yafunganywe N’Umu Youtuber

Dushora Mu Gusukura Ikirere Cyacu- Minisitiri Arakwiye

DRC: Abanyamahanga Ntibemerewe Gukora Ubucuruzi Buto Buto

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Akamaro K’Amashanyarazi Akomoka Ku Mirasire Y’Izuba Ni Ntagereranywa

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Ibya Ariel Wayz Byajemo Gishegesha

Gen Gatama Yoherejwe Kuyobora Inzego Z’u Rwanda Z’Umutekano Muri Mozambique

You Might Also Like

Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Imiterere Y’Ubucuruzi Bw’u Rwanda N’Amahanga Muri 2025

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu Rwanda

Drone Y’Ingabo Z’u Rwanda Yakoze Impanuka 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Mu Rwanda Hamaze Kubakwa Ibiraro 300 Byo Mu Kirere

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ingabo Za Israel Zatangije Ibitero Byo Ku Butaka Byo Gusenya Gaza Yose

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?