Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Ubuzima Bwiza Ni Uburenganzira Bwa Buri Wese- Perezida Kagame
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu Rwanda

Ubuzima Bwiza Ni Uburenganzira Bwa Buri Wese- Perezida Kagame

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 10 December 2022 4:00 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Umukuru w’u Rwanda Nyakubahwa Paul Kagame avuga ko buri muntu agomba kugira ubuzima bwiza kuko ari uburenganzira bwe.

Yabivuze mu nama yahuje abafata ibyemezo muri Politiki ndetse no mu rwego rw’ubuzima bari bahuye ngo harebwe aho Afurika igeze ihagarika ubwandu bw’imbasa.

Ni inama yateguwe k’ubufatanye  bw’Umuryango w’Afurika yunze ubumwe n’abandi bafatanya bikorwa b’Afurika mu  by’ubuzima.

Iyi nama yatumijwe na Perezida wa Senegal Macky Sall.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Kagame yavuze ko kimwe mu bintu byatumye urwego rw’ubuzima muri Afurika rugenda biguru ntege ari COVID-19.

Ati: “ Ubuzima bwiza ni uburenganzira bwa buri muntu kandi ni ngombwa ko buri muturage wese aw’Afurika agira ubuzima bwiza kugira ngo twumve ko dutekanye twese.”

“Health is a right, and until everyone in Africa enjoys access to primary healthcare, including vaccination services, no one is safe. We have the resources and know-how. So let’s work together, and renew our commitment to eradicate polio, once and for all.” President Kagame. pic.twitter.com/vvqNMTt7Pz

— Presidency | Rwanda (@UrugwiroVillage) December 10, 2022

Avuga ko bishoboka cyane ko abaturage bose b’Afurika bakingirwa kuko ibikoresho n’ubumenyi bihari.

Umukuru w’u Rwanda avuga ko icy’ibanze kugira ngo ibyo byose bigerweho ari imikoranire ya bugufi hagati y’impande zose bireba.

- Advertisement -

Ashima kandi ko haherutse gutangizwa ikigega cyo gukusanya amafaranga azafasha mu gukingira imbasa abana bose b’Afurika kugira ngo bace ukubiri n’iyi ndwara yica cyangwa ikamugaza.

Iki kigega cyashyizwemo Miliyari $2.6 .

Perezida Kagame asanga kuba hari ibihugu by’Afurika harimo n’u Rwanda bigiye kubaka inganda zikora inkingo ari indi ntambwe yo kwishimira mu rugamba rwo guhashya indwara zizahaza abatuye uyu mugabane.

Ni inganda zizubakwa mu Rwanda, muri Senegal no muri Afurika y’Epfo.

Abana bose bagomba guhabwa inkingo zose harimo n’urw’imbasa.

Hari n’ikigo nyafurika gishinzwe gusuzuma imikorerwe n’ubuziranenge bw’imiti kitezweho gusuzuma niba imiti ikorerwa muri Afurika nta kibazo izagira ku bazayikoresha.

Kitwa Africa Medicines Agency.

Inama Perezida Kagame yavugiyemo iri jambo yitwa Forum For Immunization and Polio Eradication.

TAGGED:featuredImbasaImitiInkingoKagameRwanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Icyamamare Xinda Agiye Gutangiza Igitaramo Gihoraho
Next Article Abasirikare 8 Ba DRC Bo Muri ‘Special Force’ Barimo Lt Col Bafashwe Na M23
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Mu Myaka 61 Imaze Mu Rwanda Croix Rouge Yamariye Iki Abaturage?

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Amerika: Abanyarwandakazi Bo Muri RDF Barangije Amasomo Y’Ubukanishi

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ni Ryari Abaturage Bo Mu Cyaro Bazabona Amazi Meza Abahagije?

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Roma: Gutora Papa Ku Munsi Wa Mbere Byananiranye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

M23 Yafashe Ahantu Hakungahaye Kuri Zahabu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu Rwanda

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?