Abashinzwe kurwanya inkongi muri Uganda bazindukiye mu kazi kenshi ko kuzimya inkongi yafashe imwe mu nyubako zo ku kibuga cy’indege cya Entebbe. Amakuru y’ibanze avuga ko...
Habiyakare usanzwe ari umuganga mu igororero rya Nyarugenge riri mu Murenge wa Mageragere yatawe muri yombi akurikiranyweho ibyaha birimo kumena ibanga ry’akazi, gusaba, kwakira cyangwa gutanga...
Komisiyo yashyizweho n’Ibiro by’Umukuru wa Gambia yatangaje ko yakusanyije ibihamya byerekana ko abana 70 baherutse gupfa mu buryo bumwe kandi butunguranye, bazize imiti batewe mu nshinge...
Ikigo gishinzwe ubuziranenge bw’ibiribwa n’imiti, Rwanda FDA, cyatangaje ko gikuye ku isoko puderi(powder) yitwa Johnson’s baby powder. Iki cyemezo gifashwe nyuma y’uko uruganda rukora iyi puderi...
Ubuyobozi mu byerekeye ubuzima n’ubuvuzi mu Rwanda buvuga ko imwe mu ngamba u Rwanda rwafashe, ari ukuba ahantu hakorerwa imiti n’inkingo bihagije; bizafasha abatuye Afurika kubona...