Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abanyamakuru Bikomye Polisi
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abanyamakuru Bikomye Polisi

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 April 2023 12:13 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ihuriro ry’abanditsi bo muri Uganda ryitwa Uganda Editors Guild rirasaba Polisi  korohera  abanyamakuru mu kazi kabo birinda babangamira mu kazi.

Bavuga ko bibabaje kuba imvugo y’ubuyobozi bwa Polisi itajyanirana n’ingiro.

Umunyamabanga w’Ihuriro ry’abanditsi bo muri Uganda witwa Sylvia Nankya avuga ko abapolisi bagombye kumenya ko akazi kabo gafitiye abaturage akamaro ariko ko n’akazi k’abanyamakuru nako ari uko!

Nankya avuga ko akazi k’abanyamakuru ari uguha abaturage amakuru atangiwe ku gihe kandi atabogamye.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Avuga ko guha abaturage amakuru bituma bamenya ibikorerwa mu gihugu cyabo kandi abayobozi bavugwaho gukora nabi bakabibazwa.

Nta gihe kinini gishize, abanyamakuru babiri bo muri Uganda bahohotewe.

Bombi bakorera radio yitwa Next Radio abo bakaba ari bo Isano Francis na Thomas Kitimbo batewe mu maso ibyuka biryana mu maso kandi bari mu kazi.

Ubusanzwe ibi byuka biterwa abigaragambya mu rwego rwo kwirinda ko bakomeza kwangiza ariko ntibyemewe ko biterwa abanyamakuru bari mu kazi.

Hari undi munyamakuru witwa David Awori wo mu kigo kitwa Nation Media Group uherutse gukubitwa n’abasirikare ubwo yari arimo gufata amakuru y’abasirikare barwanaga n’abaturage bivugwa ko bacuruzaga magendu.

- Advertisement -

Abayobozi bavugira itangazamakuru ryo muri Uganda bavuga ko Polisi y’iki gihugu yagombye kumenya ko akazi k’abanyamakuru ari ingirakamaro ku gihugu icyo ari cyo cyose kigendera ku mahame ya Demukarasi.

Ku ruhande rwa Polisi ya Uganda, yo iherutse kwandika ‘yisegura’ k’ukuba hari umupolisi wateye ibyuka biryana mu maso y’umunyamakuru.

Icyakora izo mbabazi, abanditsi bakuru mu itangazamakuru rya Uganda bazifashe nk’aho ari iza nyirarureshwa.

TAGGED:AbanditsifeaturedItangazamakuruPolisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Sudani: Intumwa Z’Amerika Zagabweho Igitero
Next Article APR FC Irashaka Kwereka Umuryango Abakinnyi B’Ingwizamurongo
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

DRC: Hagiyeho Abantu 40 Bo Kwiga Uko Kabila Yakwamburwa Ubudahangarwa

U Rwanda: Igihugu Cy’Intwari Zikorera Intwaro

Impuguke Ya UN Irasuzuma Uko Ubukene Buhagaze Mu Banyarwanda

Kagame Yavuze Uruhare Afurika Ikwiye Kugira Mu Mutekano Wayo

Uganda: 13 Baguye Mu Mpanuka Bavuye Mu Bukwe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rutsiro:Indwara Ya Muryamo Iri Mu Ngurube Iraterwa N’Iki?

UBUSESENGUZI: Urugendo Rwa Trump Mu Bihugu By’Abarabu Ruhatse Iki?

FIFA Yafatiye Ibihano Kiyovu Sports FC Na AS Kigali

Hatangajwe Ifoto Yemewe Ya Papa Lewo XIV

Nyarugenge: Imodoka Ya WASAC Yibwe

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ubutumwa Bwa IBUKA Bwamagana Iyicwa Rya Nyirangirinshuti

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Hari Kwigwa Uko Ibiganiro Bya EAC Byahuzwa N’Ibya SADC

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitiki

Joe Biden Arembejwe Na Cancer Ifata Ubugabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitiki

Amajyaruguru: Abana 22,000 Bataye Ishuri

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?