Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abanyarwanda Bafunzwe Bakekwaho Kwica Umukoresha Wabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abanyarwanda Bafunzwe Bakekwaho Kwica Umukoresha Wabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2024 12:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abo ni Desire Kwizera n’umugore we Uwingabire Kwizera bakoraga akazi ko  mu rugo muri Uganda mu gace ka Kabale bakaba batawe muri yombi bakekwaho kwica umukoresha wabo.

Polisi ya Uganda ivuga ko mu ibazwa ryabo ry’ibanze biyemereye ko ari bo bishe uwari umukoresha wabo witwaga Geofrey Twinomujuni Ntegyire, bikaba bivugwa ko bamwicishije inyundo hakaba hari taliki 31, Gicurasi, 2024.

Umuvugizi wa Polisi ahitwa Kisoro witwa Elly Maate avuga ko abakekwaho ubwo bwicanyi babwiye Polisi ko bamuhoye ko yahoraga abatonganya kandi akabikora mu rurumi batumva.

Abafashwe kandi bafatiwe ku mupaka bashaka gutorokera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Bunagana.

Umuvugizi wa Polisi muri kiriya gice avuga ko abafashwe bajyanywe kuri Station ya Polisi y’i Kabale.

Ikindi ni uko nyuma yo kumwica bamusahuye radio, igare n’ipasi.

Mu minsi iri imbere nibwo bazagezwa mu rukiko.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedPolisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Somalia Igiye Kwirukana Abasirikare Ba Ethiopia Bayibagamo
Next Article Inka 450,000 Nizo Zimaze Gutangwa Muri Gahunda Ya Girinka Kuva Yatangira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Abayobozi Mu Bufaransa Bari Muri DRC Kuganira Ku Mikorere Mishya Ya MONUSCO

U Rwanda Rwafashije Guinea Conakry Gukora Ikoranabuhanga Ryita Ku Masoko Ya Leta 

Imyigire Y’Abana Bagororerwa Mu Igororero Rya Nyagatare

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abafite Ubumuga Biyemeje Kuzabera N’Abandi Isoko Y’Iterambere

Polisi Ivuga Ko Mu Mwaka Wa 2025 ibyaha Byagabanutse Kuri 15.7%

You Might Also Like

Ububanyi n'Amahanga

Perezida Kagame Yoherereje Ubutumwa Mugenzi We Wa Angola 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwaganiriye Na Maroc K’Ubufatanye Mu Bya Gisirikare 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Minisitiri w’Intebe w’Ubwongereza Mu Ihurizo Ryo Kureba Uko Atakweguzwa 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Ububanyi n'Amahanga

Kagame Aritabira Inama Transform Africa Summit Muri Guinea Conakry 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?