Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Abanyarwanda Bafunzwe Bakekwaho Kwica Umukoresha Wabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Abanyarwanda Bafunzwe Bakekwaho Kwica Umukoresha Wabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 04 June 2024 12:10 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Abo ni Desire Kwizera n’umugore we Uwingabire Kwizera bakoraga akazi ko  mu rugo muri Uganda mu gace ka Kabale bakaba batawe muri yombi bakekwaho kwica umukoresha wabo.

Polisi ya Uganda ivuga ko mu ibazwa ryabo ry’ibanze biyemereye ko ari bo bishe uwari umukoresha wabo witwaga Geofrey Twinomujuni Ntegyire, bikaba bivugwa ko bamwicishije inyundo hakaba hari taliki 31, Gicurasi, 2024.

Umuvugizi wa Polisi ahitwa Kisoro witwa Elly Maate avuga ko abakekwaho ubwo bwicanyi babwiye Polisi ko bamuhoye ko yahoraga abatonganya kandi akabikora mu rurumi batumva.

Abafashwe kandi bafatiwe ku mupaka bashaka gutorokera muri Repubulika ya Demukarasi ya Congo ahitwa Bunagana.

Umuvugizi wa Polisi muri kiriya gice avuga ko abafashwe bajyanywe kuri Station ya Polisi y’i Kabale.

Ikindi ni uko nyuma yo kumwica bamusahuye radio, igare n’ipasi.

Mu minsi iri imbere nibwo bazagezwa mu rukiko.

TAGGED:AbanyarwandafeaturedPolisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Somalia Igiye Kwirukana Abasirikare Ba Ethiopia Bayibagamo
Next Article Inka 450,000 Nizo Zimaze Gutangwa Muri Gahunda Ya Girinka Kuva Yatangira
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Abasirikare 100,000 Ba Israel Biteguye Gutangira Ibitero Bishya Muri Gaza

Qatar Mu Bufatanye N’u Rwanda Mu Gukora Imiti

Umuti Meya Wa Muhanga Aha Ibibazo Biri Mu Ngo

DRC Yarakajwe N’Uko Kenya Yagennye Uyihagarariye i Goma

Uko Umukino Wa APR Na Dynamos Wagenze

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Rwanda: Abakanishi Bagiye Guhugurwa K’Ugukanika Batiri Za Bisi Z’Amashanyarazi

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

You Might Also Like

Mu RwandaUbuzimaUmutekano

Burera Ikomeje Kuba Icyambu Kinini Cy’ Ibiyobyabwenge

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbutaberaUmutekano

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUbukungu

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?