Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Ba Mukerarugendo Batwikiwe Mu Modoka
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Ba Mukerarugendo Batwikiwe Mu Modoka

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 18 October 2023 8:27 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Ahitwa Nyamunuka hafi y’umuhanda bita Katwe muri Uganda haraye hiciwe mukerarugendo wo mu Bwongereza n’uwo muri Afurika y’Epfo ndetse n’uwari ubaherekeje ukomoka muri Uganda.

Ikigo cya Uganda gishinzwe kwita ku nyamaswa ziba mu byanya bikomye, Uganda Wildlife Authority, kivuga ko Polisi yatangiye gukurikirana ngo imenye kandi ifate abakekwaho ubwo bwicanyi.

Fred Enanga uvugira Polisi ya Uganda yavuze ko ababikoze bazashakishwa bagafatwa

Ubuyobozi w’iki kigo busaba abantu gushyira umutima hamwe, bakirinda guhahamuka.

Bubizeza ko Polisi iri gukorana n’izindi nzego ngo hashakishwe abantu bakekwaho ubwo bwicanyi.

Imodoka yahiye irakongoka

Itangazo rya Uganda Wildlife Authority ntirivuga amazina y’ababo bantu n’icyo bari basanzwe bakora mu by’ukuri.

Ambasade y’Afurika y’Epfo n’iy’Ubwongereza ntacyo baratangaza kuri urwo rupfu rw’abaturage b’ibi bihugu.

Harakekwa ADF…

Mu gihe iperereza rigikomeje ngo hamenyekane mu by’ukuri abishe aba bantu, Polisi ya Uganda ivuga ko ibimenyetso by’ibanze byerekana ko abarwanyi ba Allied Democratic Forces, ADF, ari bo bishe bariya bantu.

Itangazo ribika aba bantu
TAGGED:AfurikaBwongerezaMukerarugendoUgandaUmuhanda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Rutaremara Yasobanuye Iby’Udutsiko Mu Banyarwanda Kuva Na Kera…
Next Article Musanze: Umuyobozi Afungiye Gutesha Agaciro Urwibutso Rwa Jenoside
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Undi Mugore Yafatanywe Urumogi

Miliyoni Frw 464 Z’Ishimwe Zahawe Abatse EBM

Babona Bate Inkuru Zibakorwaho?

Rubavu: Abafite Ubumuga Basaba M23 Kubakomorera Ku Bicuruzwa Byose Bijya i Goma

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Ikigega Kizaha Urubyiruko Inguzanyo Nta Ngwate

Nyanza: Umugore Yishe Umugabo We

Haravugwa Umwuka Mubi Hagati Ya Israel Na Qatar 

Trump Na Putin Ntibemeranyije Guhagarika Intambara Ya Ukraine

DRC: Uwahoze Ari Minisitiri W’Ubutabera Yasabiwe Gukora Imirimo Nsimburagifungo

You Might Also Like

Mu mahangaUmutekano

DRC: Intara Ya Ituri Iri Kuberamo Imirwano Ikomeye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUmutekano

Israel Yongereye Ibitero Muri Gaza 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Ukraine Yahejwe Mu Biganiro Byo Kurangiza Intambara Yayishegeshe

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

DRC: Abanyamerika Barashaka Kubaka Uruganda Rw’Amashanyarazi Mu Kivu

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?