Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 1:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rwahamije abantu bane ibyaha birimo gushaka guhitana Gen Kale Kayihula wahoze ari Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda.

Abo bantu bashakaga kwica Edward Kale Kayihura hamwe n’uwayoboraga Polisi mu gace ka Namayingo witwa Major Francis Okumu.

The Monitor yanditse ko urubanza rw’aba bantu rwatangiye mu mwaka wa 2016 hagati ya Gicurasi na Kamena.

Ubwo basakwaga nyuma y’uko Polisi ibaketseho uwo mugambi yabasanganye imbunda zo mu bwoko bwa AK 47.

Ubwo Polisi yahataga ibibazo abo bantu baje kwemera ko bari bafite umugambi wo kwivugana abantu bababuzaga gukora ibyo bashakaga barimo na Gen Kale.

Abafashwe bavuze ko bifuzaga kwivuna abo Kale n’abandi bose bagiraga uruhare mu kubabuza gukora ibyo bashaka cyane cyane mu gace kabo gatuwemo cyane cyane n’Abisilamu.

Abakatiwe kandi bemereye ubucamanza ko mu mwaka wa 2015 bibye imbunda  bajya kuzikoresha mu bujura ariko ntibyabahira.

Abo bantu baburanishijwe n’urugereko rw’urukiko rukuru rushinzwe gukurikirana ibyaha mpuzamahanga birimo n’iby’ubugome.

TAGGED:featuredKaleKayihuraPolisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba
Next Article SADC Yatangiye Gukura Ingabo Muri Mozambique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Qatar Irashaka Kurega Netanyahu 

Inshuti Ya Trump Yishwe 

Ikipe y’Igihugu Y’Ingimbi Ya Volleyball Yitabiriye Igikombe Cya Afurika

Israel Yoherereje Abatuye Gaza Inyandiko Zibasaba Guhunga Inzira Zikigendwa

Hari Icyo RSSB Isaba Abashaka Kuzahabwa RAMA

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Mutwarasibo Yiyahuye Kubera Umugore We

Hari Ubwoba Bw’Intambara Ya Amerika Na Venezuela 

Ebola Yagarutse Muri DRC

Ab’i Musanze Bibukijwe Akamaro Ingagi Zibafitiye

Rwanda: Ibiciro By’Ibikomoka Kuri Petelori Byazamutse

You Might Also Like

Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Congo Yarenze Umurongo Utukura Ubwo Yavugaga Ko Dukora Jenoside- Amb.Urujeni

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IbidukikijeMu RwandaUbukungu

Ibyahoze Ari Ibiryabarezi Binagurwamo Ibikoresho By’Ingirakamaro

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
IkoranabuhangaMu RwandaUbukungu

Asaba Ko Drones Nini Zazakoreshwa Mu Kubagezaho Intanga

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Harateganywa Visit Rwanda Muri Brazil

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?