Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 1:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rwahamije abantu bane ibyaha birimo gushaka guhitana Gen Kale Kayihula wahoze ari Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda.

Abo bantu bashakaga kwica Edward Kale Kayihura hamwe n’uwayoboraga Polisi mu gace ka Namayingo witwa Major Francis Okumu.

The Monitor yanditse ko urubanza rw’aba bantu rwatangiye mu mwaka wa 2016 hagati ya Gicurasi na Kamena.

Ubwo basakwaga nyuma y’uko Polisi ibaketseho uwo mugambi yabasanganye imbunda zo mu bwoko bwa AK 47.

Ubwo Polisi yahataga ibibazo abo bantu baje kwemera ko bari bafite umugambi wo kwivugana abantu bababuzaga gukora ibyo bashakaga barimo na Gen Kale.

Abafashwe bavuze ko bifuzaga kwivuna abo Kale n’abandi bose bagiraga uruhare mu kubabuza gukora ibyo bashaka cyane cyane mu gace kabo gatuwemo cyane cyane n’Abisilamu.

Abakatiwe kandi bemereye ubucamanza ko mu mwaka wa 2015 bibye imbunda  bajya kuzikoresha mu bujura ariko ntibyabahira.

Abo bantu baburanishijwe n’urugereko rw’urukiko rukuru rushinzwe gukurikirana ibyaha mpuzamahanga birimo n’iby’ubugome.

TAGGED:featuredKaleKayihuraPolisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba
Next Article SADC Yatangiye Gukura Ingabo Muri Mozambique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kuki Ibibazo By’Ubufaransa Bizajegeza Uburayi Bwose

Gaza: Hamas Yasabye Abarwanyi 7,000 Gusubira Aho Ingabo Za Israel Zavuye

Mfite Impungenge Ko Ibyo Kwaka FDLR Intwaro Bizaba Amasigarakicaro- Dr Buchanan

Ingabo Za Amerika Zamaze Kugera Muri Israel

Makuza Ayoboye Indorerezi Za Afurika Yunze Ubumwe Mu Matora Yo Muri Cameroun

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

You Might Also Like

Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

DRC: Leta Yategetse FDLR Kwishyira Mu Maboko Y’Ingabo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Imibereho Y'AbaturageMu RwandaUmutekano

Rwanda: Amagaraje Atujuje Ibisabwa Azafungwa

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaPolitikiUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?