Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Bakatiwe Kubera Gushaka Guhitana Gen Kale Kayihura

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 13 April 2024 1:59 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Urukiko rwahamije abantu bane ibyaha birimo gushaka guhitana Gen Kale Kayihula wahoze ari Umuyobozi mukuru wa Polisi ya Uganda.

Abo bantu bashakaga kwica Edward Kale Kayihura hamwe n’uwayoboraga Polisi mu gace ka Namayingo witwa Major Francis Okumu.

The Monitor yanditse ko urubanza rw’aba bantu rwatangiye mu mwaka wa 2016 hagati ya Gicurasi na Kamena.

Ubwo basakwaga nyuma y’uko Polisi ibaketseho uwo mugambi yabasanganye imbunda zo mu bwoko bwa AK 47.

Ubwo Polisi yahataga ibibazo abo bantu baje kwemera ko bari bafite umugambi wo kwivugana abantu bababuzaga gukora ibyo bashakaga barimo na Gen Kale.

Abafashwe bavuze ko bifuzaga kwivuna abo Kale n’abandi bose bagiraga uruhare mu kubabuza gukora ibyo bashaka cyane cyane mu gace kabo gatuwemo cyane cyane n’Abisilamu.

Abakatiwe kandi bemereye ubucamanza ko mu mwaka wa 2015 bibye imbunda  bajya kuzikoresha mu bujura ariko ntibyabahira.

Abo bantu baburanishijwe n’urugereko rw’urukiko rukuru rushinzwe gukurikirana ibyaha mpuzamahanga birimo n’iby’ubugome.

TAGGED:featuredKaleKayihuraPolisiUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Australia: Hagabwe Igitero Cy’Iterabwoba
Next Article SADC Yatangiye Gukura Ingabo Muri Mozambique
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

‘Body Of Peace’ Ya Trump Ni Iki?

Chameleone FM: Radiyo Chameleone Agiye Gutangiza i Bujumbura

40.1% By’Abatuye Kigali Batuye Mu Kajagari- Meya Dusengiyumva

Impyisi: Inyamaswa Y’Ingirakamaro Nubwo Yangwa 

Rulindo:Habonetse Imibiri 173 Y’Abazize Jenoside Yakorewe Abatutsi

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Hari Impamvu Zitera Polisi Y’u Rwanda Kudatesha Agaciro Abaturage Ishinzwe

Hari Kwigwa Uko Amakipe Yajya Akinira Mu Amahoro Stadium ‘Ku Giciro Kimwe’

Putin Yasabwe Kujya Mu Nama Y’Amahoro Yashyizweho Na Trump

Perezida Trump Arashaka Manda Ya Gatatu Uko Byagenda Kose

FERWAFA Yamaganye Abafana Ba APR FC 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

U Rwanda Rurashyira Imbaraga Mu Bukangurambaga Mu Gutanga Umusoro Wa TVA

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

FERWAFA Yiyemeje Gukorana Na Mauritania 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUbubanyi n'Amahanga

Ububiligi Bwijeje DRC Gukomeza Kuyiba Hafi

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Uburayi Bwatanze Miliyoni € 2 Zo Gufasha Abo Muri Kivu Y’Amajyepfo

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?