Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda: Ebola Yishe Umuganga
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahanga

Uganda: Ebola Yishe Umuganga

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 02 October 2022 2:17 pm
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yatangaje ko umuganga witaga ku barwayi ba ebola witwa Dr. Mohammed Ali yamuhitanye. Yari akiri muto kuko yari afite imyaka  37 y’amavuko.

Uyu muganga ukomoka muri Tanzania yapfuye kuri uyu wa Gatandatu mu masaha ashyira saa kumi z’umugoroba.

Minisiteri w’ubuzima muri Uganda witwa Dr. Aceng yatangaje ko uriya muganga yazize Ebola yanduriye mu kazi yakoraga nka muganga.

Ubutumwa bubika Dr Ali bwacishijwe kuri Twitter.

- Kwmamaza -
Ad imageAd image

Yari arwariye mu bitaro byitwa Fort Portal RRH, aho yari ari mu muhezo kuko n’ubundi abantu banduye Ebola bavurirwa ahantu habo gusa.

Ni ubwa mbere iriya ndwara ihitanye umuganga kuva yongera kwaduka muri Uganda mu minsi micye ishize.

Kugeza ubu ariko, hari abandi bantu bakora mu rwego rw’ubuzima bandiye iriya ndwara iri mu zandura vuba kandi zica.

Perezida Museveni aherutse kugeza ku baturage be uko ubuzima bw’igihugu buhagaze ariko yirinda kuvuga ko Ebola imaze kuba ikibazo k’uburyo hari uduce twashyirwa mu kato.

Yatangaje ko iriya ndwara itaraba icyorezo k’uburyo hari ibice by’igihugu byashyirwa mu kato hirindwa ko hari abakwanduza abandi.

- Advertisement -

Kenya iherutse gutangaza ko hari ibice byayo bikwiye kwirinda kujya muri Uganda ariko nayo ntiyabishyize mu kato.

Abaturage ba Uganda kandi babujijwe gusomana uko babonye kuko bishobora kubanduza Ebola.

Let’s just stop kissing anyhow #FightEbola #AntiBolas pic.twitter.com/P5lVseoT6E

— Dr. Ash (@kashisboss) September 30, 2022

TAGGED:EbolafeaturedUganda
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Canal + Rwanda Yatangaje Ku Mugaragaro Imikorere Ya Zacu TV Iherutse Kugura
Next Article Kuba Rwanda Rwarabohowe Byatumye Umuziki Wacu Ujya Mu Ruhando Rw’Isi- Masamba
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Papa Leo XIV Yasuye Imva Y’Uwo Aherutse Gusimbura

Amazi Yabereye Abatutsi Irimbi Kandi Asanzwe Ari Ubuzima

Equity Group Igiye Guteza Imbere Imishinga Yo Mu Rwanda No Muri DRC

Burundi: Impunzi Zo Muri DRC Zugarijwe N’Indwara Zikomeye

Kwagura Umuhanda Kigali-Muhanga Byasubitswe

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Nduhungirehe Avuga Ku Mushinga u Rwanda Rufitanye Na Amerika Ku Bimukira

Rwanda: Abagabo Bapfa Baruta Ubwinshi Abagore

Meteo Iraburira Abanyarwanda 

Kagame Ari Mu Bufaransa 

Abasirikare Batatu B’u Rwanda Biciwe Muri Mozambique 

You Might Also Like

Mu RwandaUbukungu

Rwanda: Ingengo Y’Imari Ya 2025-2026 Iziyongeraho Miliyari 1.216

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

Umunyamerika Yatorewe Kuba Papa Wa Mbere Mu Mateka

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Umusaruro W’Ibikomoka Ku Buhinzi u Rwanda Rwohereje Hanze Mu Cyumweru Gishize

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaUmutekano

Ubuhinde Na Pakistan Byambariye Intambara

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • [email protected]
  • [email protected]
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?