Ubunyamabanga bw’Ishami ry’Umuryango W’Abibumbye rishinzwe ubuzima ku isi, WHO/OMS, bwatangaje ko hari ubwoko bw’inkingo za Ebola ziri gukorwa ngo zizageragerezwe muri Uganda kuko izisanzwe ziriho zidahangamura...
Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yatangaje ko umuganga witaga ku barwayi ba ebola witwa Dr. Mohammed Ali yamuhitanye. Yari akiri muto kuko yari afite imyaka 37 y’amavuko....
Imibare itangwa na Ministeri y’Ubuzima muri Uganda ivuga ko hari abandi bantu batatu bishwe na Ebola. Byatangajwe na Emmanuel Ainebyoona akaba ari umwe mu bayobozi muri...
Urwego rw’ubuzima muri Uganda rwatangaje ko abantu barindwi bamaze gusuzumwa basanganwa ubwandu bwa Ebola. Kugeza ubu umwe niwe imaze guhitana. Mu gihe hari barindwi byemejwe ko...
Minisiteri y’ubuzima muri Uganda yatangarije kuri Twitter ko hari umuturage w’iki gihugu wahitanywe na Ebola. Niwe muntu wa mbere utangajwe ko yahitanywe n’iyi ndwara muri uyu...