Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda Igiye Kubaka Ibiro Bishya Bya Minisiteri Y’Ingabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uganda Igiye Kubaka Ibiro Bishya Bya Minisiteri Y’Ingabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 August 2024 11:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Mbuya niho hatangirijwe igikorwa cyo kubaka Minisiteri nshya y’ingabo za Uganda. Umugaba mukuru wazo General Muhoozi Kainerugaba niwe watangije ibyo bikorwa.

Muri aka gace n’ubundi niho hari hasanzwe hubatswe Ibiro by’ingabo za Uganda ariko ubu hagiye kubakwa ibindi bishya, inyubako zari zihasanzwe hazarebwa ikindi zakoreshwa.

Amakuru agaragara kuri murandasi avuga imibare yo hagati y’umwaka wa 2007 n’umwaka wa 2011 yerekan ko Uganda yari ifite abasirikare bari hagati ya 40,000 na 45,000.

Icyakora kubera ko buri mwaka ubuyobozi bwinjizamo abasirikare bashya bivuze ko uwo mubare wahindutse.

Ingabo za Uganda zirimo izirwanira ku butaka, izirwanira mu kirere n’izirwanira mu mazi kuko iki gihugu gifite ikiyaga kinini cya Victoria kikigabanya n’ibindi bihugu.

Ifite n’umutwe w’inkeragutabara zikunze kugaragara mu bikorwa byo kugarura amahoro mu bihugu Uganda yoherejemo abasirikare bayo nko muri Somalia.

Muhoozi yasimbuye Gen Wilson Mbasu Mbadi wari umugaba w’ingabo za Uganda mbere ye.

TAGGED:featuredIbiroIngaboMinisiteriMuhoziUgandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe Ya Algeria Yasezereye Police FC Mu Marushanwa Nyafurika
Next Article Igikorwa Cya Mbere Nyamvumba Yagiranye N’Abanyarwanda Bo Muri Tanzania Ni Umuganura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Umuryango FPR-Inkotanyi Mu Bufatanye Na Leta Ya Israel

U Rwanda Na Brésil Byasinye Amasezerano Yo Gufatanya Mu Bukungu

Amatara Ya Kigali Pélé Stadium Afite Ibibazo

Masudi Djuma Watozaga Etincelles Yirukanywe

Amerika Yahanuye Indege Ya Gisirikare Ya Iran

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Amerika Irashaka Intambara Yeruye Na Iran

Uko RURA Yabangamiye Ishoramari Ry’Abahoze Mu Ngabo

Hemejwe Umushinga W’Itegeko Rishyiraho Kaminuza Y’Ingabo Z’u Rwanda

Drones Za Polisi Ziri Hafi No Gukorera Mu Mihanda Yo Mu Ntara 

Inenge Mu Burezi Bw’u Rwanda Kubera Ruswa

You Might Also Like

IkoranabuhangaMu mahanga

Espagne: Imbuga Nkoranyambaga Zigiye Gukumirwa Mu Bafite Munsi Y’Imyaka 16

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbubanyi n'Amahanga

U Rwanda Rwagobotse Mozambique Yashegeshwe N’Imyuzure

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
ImikinoMu Rwanda

Umuyobozi Wa Polisi Yasezeranyije Kubaka Ikipe Y’Umupira W’Amaguru Ikomeye 

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahanga

DRC: Ikigega Cya Lisansi Cyakongotse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?