Taarifa
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Reading: Uganda Igiye Kubaka Ibiro Bishya Bya Minisiteri Y’Ingabo
Font ResizerAa
TaarifaTaarifa
  • English VesrsionEnglish VesrsionEnglish Vesrsion
Search
  • Ahabanza
  • Mu Rwanda
  • Mu mahanga
  • Ubukungu
  • Politiki
  • Imikino
  • Imyidagaduro
Have an existing account? Sign In
Follow US
© 2022 Foxiz News Network. Ruby Design Company. All Rights Reserved.
Mu mahangaUmutekano

Uganda Igiye Kubaka Ibiro Bishya Bya Minisiteri Y’Ingabo

Umwanditsi wa Taarifa
Last updated: 26 August 2024 11:30 am
Umwanditsi wa Taarifa
Share
SHARE

I Mbuya niho hatangirijwe igikorwa cyo kubaka Minisiteri nshya y’ingabo za Uganda. Umugaba mukuru wazo General Muhoozi Kainerugaba niwe watangije ibyo bikorwa.

Muri aka gace n’ubundi niho hari hasanzwe hubatswe Ibiro by’ingabo za Uganda ariko ubu hagiye kubakwa ibindi bishya, inyubako zari zihasanzwe hazarebwa ikindi zakoreshwa.

Amakuru agaragara kuri murandasi avuga imibare yo hagati y’umwaka wa 2007 n’umwaka wa 2011 yerekan ko Uganda yari ifite abasirikare bari hagati ya 40,000 na 45,000.

Icyakora kubera ko buri mwaka ubuyobozi bwinjizamo abasirikare bashya bivuze ko uwo mubare wahindutse.

Ingabo za Uganda zirimo izirwanira ku butaka, izirwanira mu kirere n’izirwanira mu mazi kuko iki gihugu gifite ikiyaga kinini cya Victoria kikigabanya n’ibindi bihugu.

Ifite n’umutwe w’inkeragutabara zikunze kugaragara mu bikorwa byo kugarura amahoro mu bihugu Uganda yoherejemo abasirikare bayo nko muri Somalia.

Muhoozi yasimbuye Gen Wilson Mbasu Mbadi wari umugaba w’ingabo za Uganda mbere ye.

TAGGED:featuredIbiroIngaboMinisiteriMuhoziUgandaUmutekano
Share This Article
Facebook Twitter Whatsapp Whatsapp Telegram Threads
Previous Article Ikipe Ya Algeria Yasezereye Police FC Mu Marushanwa Nyafurika
Next Article Igikorwa Cya Mbere Nyamvumba Yagiranye N’Abanyarwanda Bo Muri Tanzania Ni Umuganura
Tanga igitekerezo

Leave a Reply Cancel reply

Your email address will not be published. Required fields are marked *

- Advertisement -

Aheruka

Kagame Yaganiriye N’Abayobozi Ba EU K’Ubufatanye Mu Gukora Inkingo

Kagame Yibukije Abanyaburayi Akamaro Ko Gukorana Neza N’Abanyafurika

Gasabo: Arakekwaho Kwangiza Amapiloni Y’Amashanyarazi

Ab’i Rwamagana N’i Kigali Bagiye Kubona Andi Mazi Meza

Israel Na Hamas Basinye Icyiciro Kibanza Cy’Amasezerano Y’Amahoro Ya Trump

- Advertisement -
Ad imageAd image
- Advertisement -

Trending News

Abanyarwandakazi Barangije Amasomo Ya Ofisiye Muri Polisi Ya Singapore

Rwanda: Bariga Guhunika Umusaruro Ngo Inzara Izacike

Israel N’U Rwanda Twanze Guheranwa N’Amateka Mabi- Ambasaderi Einat

U Rwanda Ruzakira Inama Y’Abaminisitiri B’Ububanyi N’amahanga Mu Bihugu Bivuga Igifaransa

Musanze: Umusore Na Nyina Bafatanywe Urumogi

You Might Also Like

Mu RwandaPolitiki

Ingabire Immaculée Wayoboraga Transparency Yatabarutse

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUbukungu

Bwa Mbere Ikilo Cy’Ikawa Y’u Rwanda Cyaguzwe $88.18

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu RwandaUmutekano

Bafatanywe Intsinga Za Metero 250 Bikekwa Ko Bibye

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa
Mu mahangaRwiyemezamirimoUmutekano

Hamas Yasabye Israel Kuyiha Umurambo Wa Yahya Sinwar

Yandtswe na Umwanditsi wa Taarifa

Taarifa is a Rwandan News Platform telling true stories by delivery quick, in-depth and exclusive news on Social, Political, and Economic issues.

  • +250788316164
  • +25078457033
  • info@taarifa.rw
  • taarifarwanda@gmail.com
Facebook Twitter Youtube Instagram Flickr Tiktok

Mu Rwanda

  • Politiki
  • CHOGM-2022
  • Umutekano
  • Ubukungu

Mu Mahana

  • Mu Mahanga

Mu Mahana

  • Imikino
  • Imyidagaduro

Indimi

English

Francais

© 2015-2023 Copyright Taarifa.rw | All rights reserved.

  • Advertise
  • About Us
  • Contact
  • Privacy Policy
  • Terms & Conditions
Go to mobile version
Welcome Back!

Sign in to your account

Lost your password?